Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga 2017 ni bwo Umutare yasabye anakwa umukunzi we Joyce Nzere, nyuma y’uyu muhango hakurikiyeho gusezerana imbere y’Imana ko bagiye kubana akaramata.
Reba uko gusaba no gukwa byegenze
Kuva i saa saba z'amanywa ni bwo umuhango wo gusezeranya Umutare Gaby n’umukunzi we Joyce Nzere wari utangiye, aba bombi basezeraniye mu itorero ry'Abadiventisite b'umunsi wa karindwi ahazwi nka ‘Kiberinka Cultural Canter’ i Kibagabaga hafi y’ibitaro mu gihe gusaba no gukwa byo byabereye ahazwi nka ‘The Venue’ naho hakaba ari i Kibagabaga.
Aba bombi basezeranye nyuma y’iminsi bivugwa ko bagiye gukora ubukwe ahasigaye bagahita berekeza muri Australia aho umukunzi wa Umutare Gaby asigaye atuye.
REBA AMAFOTO UBWO BASEZERANAGA:
Hanze imodoka zari nyinshiBabanje kwiragiza ImanaGaby Umutare n'umufasha weUbukwe bwatashyweBasezeranyeGaby asezeranya Joyce ko bazabana akaramataYongeye amwambika impetaBahita bagwanamoJoyce Nzere nawe asezeranya Gaby ko bazabana akaramataBereka abari aho impeta bambikanyeBumva ijambo ry'ImanaBaca bugufi biragiza ImanaAmukuraho agatimbaArahindukira yereka abantu umufasha yahisemoUmutare Gaby na Joyce Nzere barabisinyiraGusezerana imbere y'Imana babishoje berekeza hanze ngo bajye kwifotozaIyi ni yo modoka yatwaye abageniImodoka zari ziparitse gutya
AMAFOTO: Iradukunda Desanjo-Inyarwanda.com
TANGA IGITECYEREZO