RFL
Kigali

Umutare Gaby na Joyce Nzere basezeranye imbere y'Imana kubana akaramata–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:16/07/2017 16:54
1


Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru tariki 16 Nyakanga 2017 ni bwo Umutare yasabye anakwa umukunzi we Joyce Nzere, nyuma y’uyu muhango hakurikiyeho gusezerana imbere y’Imana ko bagiye kubana akaramata.



Reba uko gusaba no gukwa byegenze

Kuva i saa saba z'amanywa ni bwo umuhango wo gusezeranya Umutare Gaby n’umukunzi we Joyce Nzere wari utangiye, aba bombi basezeraniye mu itorero ry'Abadiventisite b'umunsi wa karindwi ahazwi nka ‘Kiberinka Cultural Canter’ i Kibagabaga hafi y’ibitaro mu gihe gusaba no gukwa byo byabereye ahazwi nka ‘The Venue’ naho hakaba ari i Kibagabaga.

Aba bombi basezeranye nyuma y’iminsi bivugwa ko bagiye gukora ubukwe ahasigaye bagahita berekeza muri Australia aho umukunzi wa Umutare Gaby asigaye atuye.

REBA AMAFOTO UBWO BASEZERANAGA:

gabyHanze imodoka zari nyinshigabyBabanje kwiragiza ImanagabygabyGaby Umutare n'umufasha wegabygabygabygabyUbukwe bwatashywegabygabygabyBasezeranyegabygabyGaby asezeranya Joyce ko bazabana akaramatagabygabyYongeye amwambika impetagabyBahita bagwanamogabyJoyce Nzere nawe asezeranya Gaby ko bazabana akaramatagabyBereka abari aho impeta bambikanyegabyBumva ijambo ry'ImanagabyBaca bugufi biragiza ImanagabygabyAmukuraho agatimbagabygabyArahindukira yereka abantu umufasha yahisemogabygabyUmutare Gaby na Joyce Nzere barabisinyiragabygabygabygabygabyGusezerana imbere y'Imana babishoje berekeza hanze ngo bajye kwifotozagabygabygabyIyi ni yo modoka yatwaye abagenigabyImodoka zari ziparitse gutya

AMAFOTO: Iradukunda Desanjo-Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Uwimbabaziadeline6 years ago
    Ni byiza cyane batanze urugero rwiza bazarambane Babyare hungu na kobwa urugo rwabo ruzahorane amata kuruhimbi ruzatembe amata n'ubuki Imana ibahe umugosha kandi Izabubakire rukomere .





Inyarwanda BACKGROUND