RFL
Kigali

Umusore wigaruriye umutima wa Miss Sharifa akamwemerera kumubera umufasha yamenyekanye-AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:17/01/2018 17:23
11


Mu mpera z’icyumweru turangije ni bwo amakuru yuko Miss Sharifa Umuhoza yemereye umukunzi we ko bazabana akaramata yagiye hanze. Icyo gihe uyu mukobwa yaremeye yambikwa impeta icyakora nyuma amakuru y’umusore ugiye kurushinga na Umuhoza Sharifa yagizwe ibanga bikomeye, gusa kuri ubu amazina y’uyu musore yamaze kumenyekana.



Ubwo umunyamakuru wa Inyarwanda.com yifuzaga kumenya amakuru kuri uyu muryango mushya Umuhoza Sharifa yatangaje ko ku bwe amakuru y’umukunzi we adashobora kuyavugaho cyane ko atabimwemereye, ku kijyanye n’ubukwe uyu mukobwa weghukanye amakamba abiri muri Miss Rwanda 2016 yabwiye Inyarwanda.com ko bakiri kubipanga kandi ko gahunda nizimara kujya mu buryo azabitumenyesha.

Nubwo amakuru yari ahari yavugaga ibi byose agera ku Inyarwanda.com ni uko uyu mukobwa agiye kurushingana n’umusore w’umucuruzi witwa Thierry uzwi mu mujyi wa Kigali cyane ko afite resitora izwi nka ‘House of Cake’ mu isoko rishya rya Nyarugenge. Kuri ubu amakuru Inyarwanda.com ifite ni uko aba bombi batangiye imyiteguro y’ubukwe batekereza amatariki meza bwazaberaho ku buryo mu gihe cya vuba integuza z’ubukwe (Save the date) kimwe n’ubutumire bitangira kujya hanze. 

sharifaUbwo Sharifa yasabwaga n'umukunzi we ko barushingasharifaNyuma yo kuvuga 'Yego' Sharifa n'umukunzi we bafatanye ifoto






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • hhhhh6 years ago
    ubu umwana babyara yazagira amenyo ajyerahe! kobose mbona arinyuma.
  • Lambert6 years ago
    Hhhhh uri hhhh nyine
  • woe useka6 years ago
    Ark nkawe useka ubusa urifata ukavuga ngwa menyo ??? Ubwo iryo sishyari koko??? Uwakunyereka cg akampuza nawe nagukubita inkoniii nyinshi cyane nizo zigukwiriye undiye ahantu simbazi nabo sibanzi ark iryo nishya ryubugoryiii ubuzi izindi critics ngwamenyo??? Nkawawundi utukana NGO dore uko cyireba ??? Urandiye sanaaaa wikosera niba wifuza marriage uzayibona ubisabye Imana ark udasebanyije ubusa
  • Bimawuwa6 years ago
    njye narinziko uyu mukobwa ari umusilam kandi umusilam ntashingirwa nu tari we..cyeretse ahisemo guhinduka akabivamo
  • isake6 years ago
    hhhhhhh ntankumi yindi ngo bari bafitanye inishinga ra pole sana Jane
  • vanny6 years ago
    duhe ifoto turebe aho ayawe agera.kdi ubwo wabona ufite ibinwa nk'ibyicyamamare ntavuze.ntugasekane nawe nubwo ntakuzi ndakeka utari umuziranenge.
  • janet6 years ago
    nibya za turabakunda
  • ukuri6 years ago
    hhhhhh ngo Jane noneho ko numva uyu musore ahinduranya abakobwa nkuhindura imyenda njye nzi undi utari jane ndumva agendana nibigezweho sharifa imana imurinde
  • Alice6 years ago
    sha nibyiza turabashyi gikiye muzadutumi re mubukwe bwanyu
  • Kadomo6 years ago
    Hoya naduhe ifoto yaye tuyarebe@ vanny! hahaha wabona afite igitwe gihengamye arimo abura ibyo accomentinga ngo amenyo!ntureba ukuntu aba bana barambutse!
  • reality6 years ago
    Uyu musore witwa Thierry yahishe uyu mukobwa (Sharifa) ko yabyaranye nabakobwa 2. mbabariye uyu mwana wumukobwa uje mubibazo byumugabo wananiwe kurera abo yabyaye





Inyarwanda BACKGROUND