RFL
Kigali

Umunyamakurukazi wa Isango Tv yirukanse kibuno mpa amaguru ubwo yari abajijwe ku rukundo rwe n’umunyamideri Sekamana Eric-VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:24/06/2018 21:05
5


Mu birori byo guhemba abitwaye neza mu bihembo bya Made in Rwanda 2018 byabaye tariki 23 Kamena 2018 bikabera mu mujyi wa Kigali, umwe mu bahataniraga ibihembo, Sekamana Eric usanzwe ari umunyamideri, yinjiye agaragiwe n’umunyamakurukazi wa Isango Tv bari banicaranye muri ibi birori.



Ubwo umunyamakuru wa Inyarwanda.com yari amaze kubona aba bombi bari kumwe yifuje kumenya umubano wihariye bafitanye maze abaza impande zombi. Ku ruhande rwa Eric Sekamana wanegukanye igikombe cy’umunyamideri w’umwaka yatwemereye ko akundana na Assoumpta. Ati” Assoumpta ni Cher wanjye.”

awardSekamana Eric na Assoumpta bajya gufata ibihembo

Uyu munyamakurukazi uzwi mu biganiro nka Sunday Night ndetse na Isango na muzika ubwo umunyamakuru yamwegeraga ngo amubaze byinshi kuri aya makuru y'uko yaba asigaye akundana na Sekamana Eric, yanze kugira icyo avuga ahamya ko nta makuru atanga ndetse uyu mukobwa yahisemo kwiruka kibuno mpa amaguru.

REBA HANO UKO BYARI BYIFASHE MU KIGANIRO INYARWANDA TV YAGIRANYE NA SEKAMANA ERIC NDETSE N’UMUNYAMAKURUKAZI ASSOUMPTA WA ISANGO TV







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Bbbb5 years ago
    Hhhh uyu munyamakurukazi arasekeje kbs akora nkutarabyize peee
  • Gatumwa5 years ago
    hhhhhh Kbs arashacyisha
  • Rurangwa gaston5 years ago
    Uyu munyamakuru jyewe mbona akora ikiganiro adakwiriye mbona arumuturage usirimutse vuba.
  • ZZADI5 years ago
    AMBON UBWO SE ARI KWIGIRA IBIKI UWO MUKOBWA! ARI KWIKURURIRA ICYANNGIRO RWOSE... IBYO ARI KWIGIRA BIRANGITSE CYANE
  • Petero 5 years ago
    Rurangwa@ uyu mukobwa umanza haricyo mupfa kuko uramubeshyeye cyane





Inyarwanda BACKGROUND