RFL
Kigali

Umunyamakuru w'imikino Bunani Happy yasezeranye n'umufasha we imbere y'amategeko -AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:9/12/2018 10:32
5


Bunani Happy ni umunyamakuru wamamaye cyane kuri Radio Isango Star, uyu kuri ubu ni umwe mu bifuje gusoza umwaka asezeye ubusiribateri aho mu mpera z'iki cyumweru turangije uyu munyamakuru yasezeranye imbere y'amategeko n'umufasha we Mutebwa Litha Salama bitegura gukora ubukwe mu minsi mike iri imbere.



Bunani Happy na Litha Mutwebwa Salama basezeranye imbere y'amategeko ku wa Gatanu tariki 7 Ukuboza2018 mu murenge wa Remera. Bunani Happy n'umufasha we basezeranye imbere y'amategeko mbere y'igihe gito ngo bakore ubukwe dore ko tariki 22 Ukuboza 2018 aribwo aa bombi bafite ubukwe bagasezerana imbere y'Imana kubana akaramata.

Ubukwe bw'aba bombi buzaba tariki 22 Ukuboza 2018 aha hakaba hateganyijwe imihang yo gusaba no gukwa ndetse no gusezerana imbere y'Imana imihango yose izabera muri Telavista Kicukiro arinaho abatumiwe bazakirirwa kuri uwo munsi. 

Happy

Happy

Happy

Happy

Happy

Bunani Happy n'umufasha we basezeranye imbere y'amategeko






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • gasigwa ernest5 years ago
    byiza cyane kbsa,ariko umukobwa wigeze gukora kuri RBA mumakuru y'a sport witwaga Aliane yaba yaragiyehe KO ntakimubona kuri TV ?mwaba mukoze cyane kutumenyesha kuwaba ahazi.
  • 5 years ago
    ubwo nyine niba utakimwumva yarajyiye
  • Dede5 years ago
    Cong Bonane nguheruka kera disi
  • king5 years ago
    hhh arko umuntu agira uruhara atazi kwambara koko hhh ibyo bisogisi byumweru koko nzabigishe ngeze ryari ko socks zu mweru ari iza sport gusa hhhhh
  • Bebe5 years ago
    Reka nkusubize Ariane yagiye kwiga muri Canada





Inyarwanda BACKGROUND