RFL
Kigali

Umunyamakuru Bonny Buranga yasabye anakwa uwo bateganya kurushinga –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:21/08/2017 17:05
0


Bonny Buranga ni umunyamakuru wigeze no kuba umuhanzi,kuri ubu akaba ari umunyamakuru wa KT Radio. Kuri iki cyumweru tariki 20 Kanama 2017 ni bwo uyu musore yerekeje i Nyamata gusaba no gukwa Ornella bitegura kurushingana.



Bonny Buranga ubusanzwe witwa Buranga Boniface ni umunyamakuru wa KT Radio uzwi mu biganiro binyuranye birimo; Kt Breeze, ikiganiro cy'imyidagaduro, Kt Idols n'ibindi uyu munyamakuru akoramo. Bonny Buranga yasabye anakwa Umuhire Ornella mu birori byabereye mu mujyi wa Nyamata.

Nyuma yo gusaba no gukwa aba bombi baritegura gusezerana imbere y’Imana mu muhango uzaba tariki 26 Kanama 2017 bakazasezeranira mu rusengero rwa Jesus Christ is Coming i Remera nyuma y’uyu muhango abatumiwe bazakirirwa mu kigo cya SOS ku Kacyiru.

REBA AMAFOTO:

bonnyBonny Buranga yambitse impeta umukunzi webonnybonnybonnybonnyYverry (ubanza iburyo) nawe yari yabutashye






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND