RFL
Kigali

Umubyeyi w’umunyarwenya Atome yitabye Imana ku myaka 81

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:22/03/2017 15:47
2


Umunyarwenya Ntarindwa Diogene wamamaye cyane ku mazina atandukanye nka Gasumuni, Atome n’andi, ubu uri mu kababaro nyuma yo kubura umubyeyi we witabye Imana kuri uyu wa Kabiri tariki ya 21 Werurwe 2017.



Umwe mu bagize umuryango mugari wa Ntarindwa Diogène yabwiye IGIHE dukesha iyi nkuru ko Niwemuto Philippe yitabye Imana azize uburwayi bwa Diabetes yari amaranye igihe. Uyu mukambwe ngo akaba yari aherutse kuzuza imyaka 81 y’amavuko kuko yabonye izuba kuwa 6 Mutarama 1936.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Chris Ti7 years ago
    Ohh, pole sana atome ibyisi nikobimera umu papa agiri iruhuko ridashira, rest in peace
  • pedrosomeone7 years ago
    IMANA IMWAKIRE MU BAYO,UBUZIMA NI UBW;IMANAKANDI IMANA IKUNDA ABAYOIRAMWITWARIYE IMWAKIRE MU BAYO





Inyarwanda BACKGROUND