RFL
Kigali

Thierry, andi maraso mashya mu muziki nyarwanda muri Afrika y’Epfo -VIDEO

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:28/07/2016 15:46
7


Uwayezu Thierry ni umusore w’umunyarwanda utuye mu mujyi wa Cape Town muri Afrika y’epfo, ari naho yatangiriye ibikorwa bye bya muzika dore ko ari bwo agitangira.



Mu gihe muri Afrika y’epfo hasanzwe haherereye abanyarwanda benshi bakora muzika, kuri ubu uyu musore nawe akaba yizeye ko nyuma yo gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo yise ‘Byarakomeye’, iri ari itangiriro rye ryo kwigaragaza.

 

Reba hano amashusho ya 'Byarakomeye' 

Bizz JC uri gufasha uyu musore kugaragaza impano ye, ari nawe wamukoreye amashusho y’iyi ndirimbo, avuga ko Thierry afite intego zo kuzamuka akigaragaza mu ruhando rw’abahanzi ba banyarwanda bashoboye. Nyuma y’iyi ndirimbo, uyu musore ngo afite indi mishinga myinshi y’indirimbo muri studio ateganya gushyira hanze mu minsi iri imbere.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • MICHOU7 years ago
    COURAGE WANGU
  • 7 years ago
    COURAGE , UFITE INDIRIMBO NZIZA
  • MICHOU7 years ago
    COURAGE , UFITE INDIRIMBO NZIZA
  • Bingo7 years ago
    Eeeee, uratwemeje, komerezaho.
  • Donat7 years ago
    KBS it indirimbo ifite amashusho neza kd amahirwe masa kuruwo muhanzi.kuko atangiye neza
  • 7 years ago
    Bingo, yes man
  • UWABABYEYI Fortunee7 years ago
    Turamushyigikiye nk'abanyarwanda nashyiremo imbaraga.





Inyarwanda BACKGROUND