RFL
Kigali

Teta Diane yashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Birangwa’ yahimbiye se witabye Imana –VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:2/05/2017 11:40
5


Teta Diana uri ku Mugabane w’u Burayi mu bikorwa bya muzika, mu minsi ishize yasohoye indirimbo yitwa ‘Birangwa’ yahimbiye se umubyara yabuze akiri muto. Kuri ubu uyu muhanzikazi yamaze gushyira hanze amashusho y’iyi ndirimbo.



‘Birangwa’ ni imwe mu ndirimbo uyu muhanzikazi yakoreye muri Studio Sanny Sid Inc i Bruxelles aho ari gutunganyiriza album ye ya mbere.'Birangwa' ikaba ari imwe mu ndirimbo icumi zizaba zigize album nshya ya Teta Diana, izaba iriho izisanzwe zizwi n’izindi nshya ari gutegura. Aganira na Inyarwanda.com, Teta Diana yabwiye Inyarwanda ko usibye amashusho y’iyi ndirimbo mu minsi ya vuba aza gushyira hanze izindi ndirimbo zimwe mu zigize Album ye nshya azamurikira no mu Rwanda.

KANDA HANO UREBE AMASHUSHO Y'IYI NDIRIMBO






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • x6 years ago
    bravo teta, video nziza kbs
  • Denys6 years ago
    Teta ni umuhanga kabisa aririmba neza cyane, amagambo y'ubuhanga na video nziza.
  • Pascy6 years ago
    Nibyiza rwose ariko aririmba afatanyije amenyo.ajye abumbura akanwa
  • J Paul6 years ago
    U are so amazing
  • Safa6 years ago
    Teta Diana ubu ari hano Kigali bwose aremye !!!!!!!!!!!! ubwo aba gakondo bamenye ko ashobora kuzaba ari kumwe nabo ku wa gatanu muri milles collines.





Inyarwanda BACKGROUND