RFL
Kigali

SAT B ntatewe ubwoba nuko indirimbo ye yahagarikwa mu Rwanda kubera imyambarire iri muri Video

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:4/06/2016 13:04
15


Umuhanzi w’umurundi SAT B kuri uyu wa gatanu tariki ya 3 Kamena yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye yise African Girl, ubwo yaramaze gushyira hanze iyi video igaragaramo abakobwa bambaye imyenda y’imbere yatangaje ko adatewe ubwoba nuko Leta y'u Rwanda yayihagarika kubera iyi myambarire.



Sat B yatangarije Inyarwanda.com ko adafite impungenge z'uko mu Rwanda bashobora guhagarika indirimbo ye  bayihora abakobwa bagaragaramo bambaye imyambaro yo ku mazi gusa. Uyu muhanzi atangaza ko kubwe abona nta gikuba cyacitse kuko aya mashusho y’indirimbo yayafatiye kuri pisine kandi ngo bakaba batari kujyayo bambaye imyenda miremire.

sat b

Sat B ni umuhanzi wamamaye mu ndirimbo 'Satura amabafure' kuri ubu akaba abarizwa ku butaka bw’u Rwanda aho ari mu buhungiro ndetse akaba ari naho ari gukorera muzika ye. Amashusho y’indirimbo ye 'African Girl' yafashwe na Meddy Menz mugihe amajwi yayo yakozwe na producer Pacento.

sat b

KANDA HANO UREBE AMASHUSHO Y'IYI NDIRIMBO

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 7 years ago
    TOKA SATANI MWIZINA RYAYESU IRIYASIMYAMBARIREPE????????????????????????????????????????????????????????????
  • uwimana khaled7 years ago
    je numva iyo video boyireka kuko niterambere kurij niko vyumva
  • peter7 years ago
    mbega agahungu kabi kanitesha agaciro
  • kay7 years ago
    uyu we nuwahe umeze nn'ihene yiswe nibyumbati ya rutamisi ese ntibazi no kwi makia bagiye imbere ya camera urabona uko asa di
  • 7 years ago
    Ariko iyi mpunyu
  • jay7 years ago
    Ni sawa. Nubwo yashishuye! Ahubwo dukeneye abakobwa who can act much better this way. Congs pacento, the sound is good.
  • 7 years ago
    nibayireke kuko n'iterambere mur muzika y'isi niko bmz hose abakobwa ubu tubakunda iyo bambay iyo myenda
  • Enock7 years ago
    Kbs ahubwo leta yatinze kuyihagarika kko ntibikwiye pee!
  • 7 years ago
    ubwo ntasoni muratuka umuvandimwe wanyu,ngo impunyu ngo arasa ate,arasa nawe wowe, ni umwirabura mugenzi wawe ni umunyafurika nkawe,musigeho ntimuzongere kuko kumutuka ni wowe wituka kuko twese abirabura turi umwe,ahubwo njye mbona aho guza bambaye imyenda yo kogana baza bambaye utubindo kuko niwo muco w abakurambere nubwo n imyenda isanzwe ari abakurambere bayihimbye nyuma ikibagirana abaje nyuma bagasubira ku tubindo,njye mbona utubindo ari twiza pe,uyu musaza wacu rero araririmba bashiki be ko ari beza n uruhu rwabo rwirabura ari rwiza ibi rwose niko biri kandi n abandi bajye babiririmba,dore ko byarwanya abarwica bitukuza ngo babe inzobe nubwo nayo ari iy abirabura,ahubwo n ibi wig babivanemo bajye bagaragaza imisatsi yabo karemano kuko nta misatsi myiza nkayo,rwose birabura mukureho uwo mwanda w ibisatsi by abandi mwambara,muzareba ba Gicanda uko basa neza n agasatsi kabo,ubu njye niko mfite rwose nta keza nkako,ndagasuka,cg nkagasokoza usanga abanyamahanga baba bantangariye nsa neza n agasatsii kanjye mu gihe ngo bamwe bamenyereyeko duterwa ipfunwe n imisatsi yacu bigatuma twambara ibi wig,nkababwira nti wapi twe Africa tugira imisatsi yacu gusa,nti kandi nta musatsi ku isi wandutira uyu Imana yampaye,ndawukunda pe,burya iyo wambara wig cg uhora udefiriza ntugira n umwanya wo kureba neza umusatsi wawe umeze uko Imana yawuremye niyo mpamvu utanawishimira kuko utajya ufata umwanya ngo uwurebe uwiteho uwutunge gutyo urebe ukuntu ukubereye kandi ari mwiza
  • 7 years ago
    abanyarwanda turacyafite mind izatuma music industry yacu idatera imbere ese kuki burigihe imyambarire iteza impagarara ese kuri swimming pool mwagirango abo bakobwa bambare iki yooo sat b iyo video yishyire youtube maze urebeko batazayireba ese kuki izabanyamahanga zo muzishyiraho this is the 21 century man cmon guys we are tired of these articles ikindi mwatojwe ikinyabupfura gutuka umuhanzi kubera looks ze byo se ni umuco nyarwanda ra???? mufunguke mumutwe
  • the music doctor7 years ago
    abanyarwanda turacyafite mind idatuma music industry yacu idatera imbere ese kuri swimming pool mwagirango abo bakobwa bambare iki ?? this is the 21 century gusa mufunguke mumutwe ese ko izabanyamereka cyangwa izaba nigerians zicaho kandi ntihagire igikuba gicika, cmon guys we are tired of these articles you guys should congratulating our burundian brother for this great visuals ikindi mind your languange gutuka umuntu kebara ama looks ntago bigira abanyarwanda ama bogos isi yarahindutse mwabyanga mwabyemera yoooo sat b put you your video on youtube the internet always wins media yacu iracyarwaye
  • 7 years ago
    abanyarwanda turacyafite mind idatuma music industry yacu idatera imbere ese kuri swimming pool mwagirango abo bakobwa bambare iki ?? this is the 21 century gusa mufunguke mumutwe ese ko izabanyamereka cyangwa izaba nigerians zicaho kandi ntihagire igikuba gicika, cmon guys we are tired of these articles you guys should congratulating our burundian brother for this great visuals ikindi mind your languange gutuka umuntu kebara ama looks ntago bigira abanyarwanda ama bogos isi yarahindutse mwabyanga mwabyemera yoooo sat b put you your video on youtube the internet always wins media yacu iracyarwaye
  • 7 years ago
    Niko . Music dr nonese ko turi mu Rwanda kuki wumva twakora iby abanyamerika??ubonye nk uko undi yabivuze iyo yambara n imyenda y umwihariko w iwabo akayiteza imbere kuko ari n umustar n abo banyamerika bakayimenya ahubwo,none aho kubigenza gutyo yagiye guteza imbere Iby abanyamerika kdi byararangije gutera imbere.nyamara kwigana ingendo y undi biravuna,ntago byoroha gutera imbere udashyira imbere umuco wawe,uzarebe abo twakwita legends muri africa,baba baririmba umuco pure wabo ntakuvanganga kdi ugasanga bateyd imbereeee kurusha abigana abanyamerika,uzarebe nka kayirebwa cecile ko aririmba umwimerere w ikinyarwanda hari umurusha ubu star se,wa mudamu uvuza inanga,urukerereza,...ntabwo abanyamahanga bakururwa n abigana ibyabo kuko ni ibyabo barabizi nyine,ahubwo bakururwa n ibyo batazi kuko ari bishya kuri bo.
  • 2things7 years ago
    2 things: - abarundikazi bagiye gukura abanyarwandakazi kwisoko rya show muri muzika(abanyarwanda mugire ubwenge, aya ni amahirwe yo kumenya uko abandi bakora, ukabivanga nibyawe, ugatera imbere. Ntawemerewe kugira ishyari ribi, ahubwo twige...) - abarundi ibibintu batangiye kutugurisha birasa nibyo ababirigi bagurishije Congo, so ababyeri mukure abana munzira, lol!
  • Ange7 years ago
    Bakobwa beza twiheshe agaciro ,iyimyambarire nayigaye pe bafana namwe mwicumuza ururimkrwanyu mubabwira nabi in the right time bazikosora wenda hamwe namasengesho kandi numutima nama thanks,





Inyarwanda BACKGROUND