RFL
Kigali

Rihanna yongeye kugaragara atambaye isutiye ihisha amabere

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:2/07/2015 9:22
3


Umuhanzikazi Rihanna yongeye kugaragara mu ruhame yambaye hejuru agapira gateye nkaga sengeri k’umukara kabonerana mu buryo bukabije mu gihe atari yambariyemo imbere isutiye(soutien-gorge).



Nkuko tubikesha urubuga rwa Voici.fr, Uyu muhanzikazi wari umaze iminsi asohokana cyane na rutahizamu wa Real Madrid Kharim Benzema, kuri ubu akaba yafotowe ubwo yari yasohokanye na musaza we Rorrey Fenty muri resitora ya Santa Monica, aho imoko z’amabere ye zagaragaraga, ibintu byongeye gutungura abantu benshi.

Rihanna

Rihanna

Rihanna

Rihanna na musaza we. Ese koko uyu mukobwa aba yibagiwe isutiye cyangwa abikorera ubwende?

Gusa ibi ntabwo ari bishya kuri uyu mukobwa ukomoka mu birwa bya Barbados, dore ko amaze kugaragara kenshi atambariyemo ikintu na kimwe imbere bigashyira hanze imwe mu myanya ye y’ibanga iyo yambayeimyenda ibonerana.

Rihanna

Mu birori by'abanyamideri muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bya CFDA Awards byabaye mu mwaka ushize nabwo Rihanna yatunguye abantu ubwo yazaga yambaye muri ubu buryo






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • jolie8 years ago
    Ubwo ntago ari musaza we
  • Antoine gashema8 years ago
    Uyu mukobwa njye ndamuzi face 2 face MBA muri California mumugi wa San Francisco namubonye kuri beach ibyobyo muramerica ntabwo babitindahocyane numuntu akora ikimunyuze usibye konburiya ari hbwenge buke cyane
  • Tuyisabe Jean D Arc4 years ago
    Nibyiza Cane Kuko Natwe Tubiryoheramo





Inyarwanda BACKGROUND