RFL
Kigali

Ray C na Marina basoje urugendo rw’ibitaramo bari bamazemo iminsi–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:17/09/2017 11:29
0


Umuhanzikazi Ray C wo mu gihugu cya Tanzania mu minsi ishize yageze mu Rwanda aho yari aje kwamamaza ibihangano bye no gukora ibitaramo binyuranye azenguruka utubyiniro tunyuranye akora ibitaramo ari nako ahura n’itangazamakuru.



Ray C wari ugiye kumara hafi ibyumweru bibiri mu Rwanda yasoreje ibitaramo bye muri The Mirror Hotel mu kabyiniro kaho kazwi nka Classic Club. Uyu muhanzikazi afatanije na Marina bataramiye muri The Mirror Hotel kuri uyu wa Gatandatu tariki 16 Nzeri 2017 nyuma yo kuva i Musanze aho bataramiye ku wa Gatanu tariki 15 Nzeri 2017.

REBA AMAFOTO Y’IKI GITARAMO:

marinaMarinaMarinaMarina nawe kenshi yabaga ari kumwe na Ray C

MarinaRay CRay CRay CRay CRay C asoza ibitaramo bye yashimiye Bad Rama wamwakiriye mu Rwanda

AMAFOTO: IHORINDEBA Lewis -Inyarwanda Ltd






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND