RFL
Kigali

Nyuma y’umwaka apfushije umugore we, Jean Lambert Gatare agiye kongera kurushinga

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:28/11/2017 9:21
4


Tariki 3 Ukwakira 2016 ni bwo inkuru y’incamugongo yahamije urupfu rw’uwari umufasha w’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda Jean Lambert Gatare, nyuma y’umwaka umwe apfushije umugore wa mbere uyu munyamakuru wa Isango Star agiye kongera kurushinga n’umukunzi we mushya.



Nkuko bigaragara ku mpapuro z’ubutumire ubukwe bwa Jean Lambert Gatare n’umukunzi we mushya buteganyijwe tariki 26 Ukuboza 2017 aho azajya gusaba no gukwa Nikuze Odette bakunda kwita Dede imihango byitezwe ko izabera ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali, nyuma y’iyo mihango hakurikireho gusezerana imbere y’Imana kuri Saint Michel mu Kiyovu. Abatumiwe muri ibyo birori bazakirirwa muri Rugende Park.

Mu mwaka wa 2016 Jean Lambert Gatare yarwaje bikomeye umugore we warembye kugeza ubwo yitabye Imana tariki 3 Ukakira 2016.

gataregatare

Jean Lambert Gatare n'umukunzi we mushya bagiye kurushingana

Amafoto: Ukwezi






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Chris6 years ago
    Congz to Odette & Gatare
  • Boofet6 years ago
    wawuuuuuuu cong. twongeye twanyoye ibi bintu ni byiza peeeeeeeee! !
  • odette6 years ago
    Hahahh murasanganywe wamurongoroga kuva kera akiga i Butare kuri EAVK. Muzagirw urugo ruhire.
  • 6 years ago
    hewe mbega umugabo we uragaragaye ntanumwaka ushije koko Mama Dady apfuye ngo marriage nakumiro koko. Ishyano ryumugabo





Inyarwanda BACKGROUND