RFL
Kigali

Nyuma y’amezi 2 bakundana, umukunzi wa Nick Minaj yamusabye ko bazabana amwambika impeta ihenze cyane

Yanditswe na: Christophe Renzaho
Taliki:16/04/2015 11:29
1


Umuhanzikazi Nick Minaj amaze igihe kigera ku mezi 2 akundana n’undi muhanzi w’umuraperi Meek Mil.Nubwo bamaranye igihe kitari kinini uyu musore ntiyatinze mu mayira kuko yamaze gusaba umukunzi we ko bazarushinga .



Abinyujije ku rubuga rwe rwa Instagram, Nick Minaj yagaragaje ibyishimo atawe n’uko agiye gushinga urugo  ndetse anashyiraho ifoto y’impeta Meek Mil yamwambitse ifite agaciro k’amadorali y’Amerika ibihumbi Magana atanu(500.000$), uyashyize mu manyarwanda ni asaga miliyoni Magana atatu na mirongo ine n’eshanu( 345.250.000 Frw).

Nicki-Meek

Nicki & Meek mILL

Nick Minaj n'umukunzi we Meek Mil wamusabye ko bazarushinga

Nicki Minaj - BellaNaija.com

Impeta  ihenze cyane  Meek Mil yambitse Nick Minaj

Abantu benshi bakaba bibajije niba aba bombi baba batihuse gutangira umushinga wo kubaka urugo bakabana akaramata cyane ko batamaranye igihe kinini bakundana.

Renzaho Christophe






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • lilly9 years ago
    wawoo!!!





Inyarwanda BACKGROUND