RFL
Kigali

Njuga Band bashyize hanze amashusho y’indirimbo ‘Wararahiye’

Yanditswe na: Mupende Gedeon Ndayishimiye
Taliki:29/07/2016 9:17
0


Nyuma yo gushyira hanze amashusho y’indirimbo ‘Nyegera’ kuri ubu Njugda uzwi nka Kaogo muri Filime y’uruhererekane yitwa Seburikoko, yamaze gushyira hanze amashusho y’indirimbo y’urukundi yitwa Wararahiye.



Njuga n’abandi basore baririmbana ‘Njuga Band’ bagaragara muri iyi ndirimbo ‘Wararahiye’ bavuga ku muntu warahiye ko adashobora gusiga umukunzi we bitewe n’urwo amukunda ariko nyuma akaza kwisubira akajya kwishakira undi.

Bibera ihuriro rikomeye umusore wari waramaze kubwira inshuti ze n'umuryango we ko akundana n'uwo mukobwa, akibaza aho azahera ababwira ko atagikundana n'uwo mukobwa wari wararahiye ko bazakundana ubuziraherezo.

REBA HANO 'WARARAHIYE' YA NJUGA BAND







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND