Ku wa Gatandatu tariki 19 Kanama 2017 ni umunsi w’amateka n’ibyishimo kuri N Felix umuhanzi wamenyekanye cyane mu ndirimbo ‘Kivamvari’, ni umunsi yasezeraniyeho n’uwo bari bamaze igihe bakundana Malayika Claudette.
Ubu bukwe bwabereye kuri St Paul ho mu mujyi wa Kigali aho aba bombi basezeraniye imbere y’Imana, bakaba bagiye kubana akaramata. Uyu muhango wabanjirijwe n’uwo gusaba no gukwa wabereye mu karere ka Gasabo i Rutunga iwabo w’umukobwa mu gihe nyuma yo gusezerana abari batumiwe bakiriwe ku Gisozi muri Romantic Garden.
REBA AMAFOTO:
N Felix na Malaika Claudette ubu ni umugore n'umugabo byemewe imbara y'Imana
AMAFOTO: IRADUKUNDA Desanjo
TANGA IGITECYEREZO