RFL
Kigali

N’ubwo yashinjaga umukunzi we gushyira hanze amafoto yambaye ubusa, Jessica yiyunze na Junior Multisystem mu buryo butangaje

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:14/04/2015 15:56
13


Hashize iminsi havuzwe inkuru y’uko umubano utifashe neza hagati ya Junior Multisystem usanzwe utunganya indirimbo z’amajwi muri Touch record hamwe n’umukunzi we Jessica.Ibi bikaba byaranigaragaje nyuma yaho hagaragaye ifoto y’uyu mukobwa yambaye ubusa akemeza ko ari uyu wahoze ari umukunzi we wayishyize hanze.



Mu kiganiro inyarwanda.com yagiranye n’uyu mukobwa mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 14/04/2015 yongeye gushimangira amakuru y’uko we na Junior batandukanye nabi ndetse atakifuza kugirana gahunda iyo ariyo yose nawe ariko nyuma y’amasaha make aza kwisubiraho.

Jessica

Jessica asanzwe azwi cyane mu mashusho y'indirimbo niko nabaye

Aha, uyu mukobwa ubwo twamuvugishaga bwa mbere, yagize ati “ Ukuri kwabyo nyine ni kuriya mwabibonye, ni kuriya byagenze.Umuntu ni Imana yamuremye, hari ibibazo twagiranye byacu biba ngombwa ko tutumvikana,aza kumfatira telephone, ndayimurekera nditahira, aje mu gitondo kunsaba imbabazi ndamwihorera,maze niko kugenda n’uburakari niba yari yanasinze simbizi ahita abikora ahita ashyiraho ariya mafoto yari asanzwe muri telephone murabizi abakobwa dukunda kwifotora na telephone zacu.”

Junior

Iyi niyo foto bivugwa ndetse bikemezwa na nyir'ubwite ko Junior yagiye ayohereza mu ma group atandukanye ya Watssapp. 

Akomeza agira ati “ Yamenye ko tugiye muri police kubera ibyo yari yakoze no kumfatira indangamuntu, maze ashaka umuvandimwe wanjye umusubiza telephone yanjye n’indangamuntu yari yafashe. Nta kibazo nkifitanye nawe kuko icyo nari nkeneye ni telephone n’indangamuntu yanjye, naho ubundi ubu sinkiri kumwe nawe sibinashoboka, icyo namubwira ni uko agomba kuba umuntu w’umugabo kandi agahindura inzira kuko ibyo arimo ntaho byamugezaho.”

Junior

Junior washinjwaga n'uwahoze ari umukunzi we kumushyira hanze yambaye ubusa

Nyuma yo kuvugana na Jessica, twagombaga guhita dukurikizaho uwari umukunzi we Junior, gusa ubwo twahamagaraga uyu mugabo yadusabye kuba twihanganye iminota 30 akabona kutuvugisha. Iyi minota imaze gushira Junior ntiyitabaga telephone ye igendanwa cyakora kera habaye ahagana saa cyenda z’umugoroba, uyu mugabo yaje guhamagara atubwira ko yiteguye kuvugana natwe.

Junior

Junior na Jessica mu minsi ishize ubwo bari babanye neza   Photo:Fcbk/Junior Karamuka

Ubwo twamubazaga amakuru avuga ko afitanye ibibazo n’umukunzi we no kugira icyo avuga ku ifoto bivugwa ko yashyize hanze. Junior n’ubwo bwose atahakanye ko habayeho ibibazo yashimangiye ko ubu ntabigihari ndetse n’ikimenyimenyi ko tumuhamagaye bari kumwe na Jessica.

Aha yagize ati “ Ibyo rero ntabwo bikiriho kuko already twanamaze no kwiyunga, n’ubu turi kumwe byararangiye. Nta kibazo gihari n’ubu niba umushaka(Jessica), namuguha ukamuvugisha.”

Atavuye ku murongo wa telephone, Junior yahise ahamagara Jessica mu izina rye, ati ngwino, maze amuha telephone. Abajijwe niba koko yaba yiyunze na Junior yahise agira ati “ Yeah, mu buzima nyine ntabwo abantu baberaho guhora  barebana nabi, biba ngombwa ko mwiyunga ibibazo bikarangira. Ndumva mu mutima nkeye gusa ibyo gukundana byo ndifashe.”

Ese mu ijambo rimwe ni iki wakwibwirira aba bombi?

Nizeyimana Selemani






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • uwera8 years ago
    idiots!
  • huumm8 years ago
    Ni hit bashakaga nyine barayibonye!
  • l8 years ago
    ARHEEEEE! Syiiiiii gari we!
  • Cola8 years ago
    Ariko se umugabo nkuyu wakora ibi byo yaba ari mugabo ki? ubuse ni bwenge ki? ibi numwanda kandi ni uta umuco.
  • umuntu8 years ago
    Umuhungu agashyira ifoto yawe wambaye ubusa buri buri watandaraje kuriya warangiza ngo mwiyunze. Mbega amahano? nkuyu mugabo nako iyi mbwa kuki polisi itayifunga koko?
  • 8 years ago
    urebye neza abakobwa bari hanze aha nt'amahitamo .wapy byarayoberanye,ndebera kugirango umuntu akwangize kuriya ?! Imboro ziraza kurikora p
  • Patient8 years ago
    hhhhhh barasekeje gsa hit barayibony kbsa
  • Lindah8 years ago
    Folle furieuse
  • gitamisi8 years ago
    iyi foto nawayifotora ikigaragara yagufotoye akuvuyeho wibeshya wa kirara we ibyo gusubirana byo ni ngombwa kuko nta wundi wakwemera nyuma y iyi nkuru
  • L8 years ago
    Njya nibaza niba abantu nk'aba bagira ababagira inama, ababyeyi se cg ababakuriye! Ubu se uburere ni ubuhe bazaha aba babo? uyu mukobwa ubu azaba umubyeyi? Arheeeee! Abanyamakuru namwe muratangaje! kubatiza umurindi bigeze aha! Nako mwarakoze kuko twamenye abo aribo! Ndebera uwo ngo ni umugabo uzaba papa w'abana akabatoza ikinyabupfura no kwiyubaha! Mana we!
  • 8 years ago
    hmmm nuko na Sonia koko? ?!!!!
  • hakim aime8 years ago
    icyovnge natanga nuko uwomukobwa ni muto ni mwiza areke kwisebya thx
  • aime8 years ago
    icyovnge natanga nuko uwomukobwa ni muto ni mwiza areke kwisebya thx





Inyarwanda BACKGROUND