RFL
Kigali

Mutoni Jane wabaye igisonga cya Nyampinga w’umuco ku isi yageze mu Rwanda nyuma yo gutemberezwa Afrika y'Epfo

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:23/02/2017 10:16
1


Mu mpera z’icyumweru gishize mu gihugu cya Afurika y’Epfo habaye amarushanwa ya Nyampinga w’Umuco ku Isi, mu irushanwa umunyarwandakazi Mutoni Jane yegukanye umwanya w’igisonga cya mbere, nyuma yaho, we na bagenzi be bagatemberezwa igihugu cya Afrika y'Epfo.



Mutoni Jane wageze mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri tariki 21 Gashyantare 2017 yagize amahirwe yo gutemberera muri Afurika y’Epfo aho yasuye inyubako ya nyakwigendera Nelson Mandela, Lion Park aho bageze ku ntare bakazikirigita bakifotozanya nazo, bagatemberezwa umujyi wa Johannesburg n’ahandi hanyuranye. Kuri ubu uyu mukobwa yamaze kugera mu Rwanda.

REBA AMAFOTO Y’UYU MUKOBWA MURI AFURIKA Y’EPFO:

miss janemiss janemiss janeImikenyero ya kinyarwanda niwo mwambaro Jane yamurikiye isi avayo azanye umwanya w'igisonga cya mberemiss janemiss janemiss janeBatemberejwe umujyi wa Johannesburg muri Afurika y'Epfomiss janemiss jane

miss janemiss janemiss janeBatemberejwe ku nyubako ya nyakwigendera Nelson Mandelamiss janemiss jane

Batemberejwe ahari status ya Nyakwigendera Nelson Mandelamiss janemiss janeMu modoka berekeza muri Park y'Intaremiss janeMiss Jane akirigita intare

miss janemiss jane

Aba bakobwa bifotoreza ku ntare

AMAFOTO: Dominique Troufleau






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 7 years ago
    iyi ntare se ubu yari nzima ra?





Inyarwanda BACKGROUND