RFL
Kigali

Mukadaff uri kugaragaza ko Hiphop imuri mu maraso yasohoye amashusho y’indirimbo ‘Agakote’–VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:23/01/2018 20:53
4


Mu minsi yatambutse nibwo Bull Dogg yabajijwe n’umunyamakuru abahanzi abona bagaragaza imbere heza muri HipHop y’u Rwanda maze ahita atangaza amazina abiri arimo iry’umuraperi mushya muri muzika y’u Rwanda Mukadaff. Kuri ubu Mukadaff akomeje kugaragaraza ko Hip Hop imuri mu maraso.



Mukadaff muri iyi minsi uri gukora cyane yamaze gushyira hanze indirimbo ye nshya yise ‘Agakoti’ ikaba indirimbo yakoze asubiyemo indirimbo y’abandi yitwa ‘Mans not hot’. Iyi ndirimbo Mukadaff yasohoye mu buryo bw'amashusho ni indirimbo ya mbere ashyize hanze muri 2018 cyane ko asa n'uwigaragaje cyane muri 2017. Iyi ndirimbo nshya ya Mukadaff amashusho yayo yafashwe anatunganywa na AB Godwin umusore utunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi muri Touch Record.

 REBA HANO AMASHUSHO Y'IYI NDIRIMBO NSHYA YA MUKADAFF







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • yeww6 years ago
    iyi bayita cover ntago ari indirimbo nshya kbsa Man's not Hot niyo ndirimbo nshya
  • 5 years ago
    hhhhhh indirimb nshy mn iz no hot!!!!!!! plz mwaratakay kbx
  • iradukunda Jack5 years ago
    mukadaff mbona ariwe muhanzi mushya wa mbere ufite ingufu zo gukora indirimbo zirimo ubutumwa bukwiye mu bahanzi baririmba hip hop kandi rap imuri mumaraso nibikorwa biragaragara
  • BIZIRUGIRA4 years ago
    MUKADAF NDAKWERA





Inyarwanda BACKGROUND