RFL
Kigali

MU MAFOTO: Ihere ijisho uko byari bimeze mu gitaramo cya Jazz Junction giherutse kubera i Kigali

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:29/05/2017 14:12
0


Ku wa Gatanu tariki 26 Gicurasi 2017 nkuko benshi bamaze kubimenyera iyo ari uwa Gatanu wa nyuma w’ukwezi haba igitaramo kimaze kumenyekana cya Jazz Junction,kuri iyi nshuro iki gitaramo cyari cyatumiwemo umunyakenyakazi Cece Sagini, aho yafatanyije n’itsinda rya Nubian Gypsies gushimisha abitabiriye.



REBA AMAFOTO MENSHI HANO

Iki gitaramo kandi uretse Cece Sagini wari witabiriye nk’umuhanzi w’umunsi abandi bahanzi banyuranye barimo Nubian Gypsies itsinda rizwi muri muzika nyarwanda ndetse na Neptunez Band , aba bose bakaba barakoze iyo bwabaga kugira ngo bashimishe abari bitabiriye iki igitaramo bakoreye muri Kigali Serena Hotel kuri uyu wa Gatanu tariki 26 Gicurasi 2017 cya Jazz Junction. Kwinjira muri iki gitaramo byari 10,000Frw mu myanya isanzwe, 20,000frw mu myanya y’icyubahiro na 160,000frw mu myanya y’icyubahiro cy’ikirenga.

REBA AMAFOTO Y’UBUDASA Y’IKI GITARAMO:

Jazz JunctionBiba ari ibyishimo buri wese yumva yacyura agafoto k'urwibutsoJazz JunctionJazz JunctionJazz JunctionLion Imanzi yitegereza umuzikiJazz JunctionJazz JunctionJazz JunctionJazz JunctionJazz JunctionJazz JunctionCece Sagini ataramira abari aho yashyizemo imbaraga ze zose ngo abashimishe Jazz JunctionNtabwo kiba ari igitaramo gusa ahubwo baranaganiraJazz JunctionKu buhanga bw'ibyuma akazi kari kakomeyeJazz JunctionAbantu baba bitabiriye bikomeyeJazz JunctionJazz JunctionUrubyiniro ruba ruteguyeAlbertJazz JunctionAlbert Rudatsimburwa acurangira abakunzi b'umuziki Jazz JunctionNubian Gypsies bacurangira abakunzi ba muzika

REBA AMAFOTO MENSHI HANO

AMAFOTO: Afrifame Pictures






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND