Miss Sandra Teta, ari mu byishimo byinshi nyuma y’imigendekere myiza y’igitaramo cye cy’imideli y’abambaye imyenda itukura yateguye akanakorera mu gihugu cya Uganda mu mpera z’icyumweru gishize, ibi bikaba byaramuteye akanyamuneza kuko byagenze uko yabyifuzaga kandi bikamwungura.
Miss Sandra Teta yabwiye Inyarwanda.com ko ubu akiri muri Uganda ariko akaba azagaruka mu Rwanda mu minsi ya vuba, akaba kandi yizeza Abanyarwanda ko azabagezaho n’ibindi bikorwa bitandukanye bizabashimisha, nyuma yo gutegura ibirori byitabiriwe mu buryo budasanzwe mu gihugu cya Uganda kandi bigashimisha imbaga.
REBA AMAFOTO MENSHI YARANZE IGITARAMO CYA TETA SANDRA MURI UGANDA:
TANGA IGITECYEREZO