RFL
Kigali

Miss High School(Nyampinga w'amashuri yisumbuye) aramenyekana kuri iki cyumweru

Yanditswe na: Denise Iranzi
Taliki:29/07/2014 18:27
161


Miss High School Ltd, ku nshuro yayo ya mbere yateguye igikorwa cyo gutora umwari uhiga abandi mu buranga n’ubuhanga mu mashuri yisumbuye ari muri Kigali



Aya marushawa yitabiriwe n’abakobwa bagera kuri 12 baturutse mu bigo 12 by’amashuri yisumbuye biri mu mujyi wa Kigali aribyo, FAWE Girls School, APE RUGUNGA, La Colombiere, Notre Dame de Citeau, Ecole Belge, Saint Ptrick, Glory High School, IPRC, Ecole Française, SOS, Lycée de Kigali na IFAK

Affiche

Nk’uko Miss High School Ltd ibitangaza, iki gikorwa gifite intego yo gukangurira abana b’abakobwa kwigirira icyizere ndetse no gutinyuka kwerekana impano bifitemo. Ibi kandi bikaba byabakingurira n’amarembo yo kwinjira mu irushanwa rya Miss Rwanda.

Tuganira n’umwe mu bakozi ba Muss High Schoo Ltd twamubajije impamvu bafashe ibigo 12 gusa kandi muri Kigali no mu Rwanda hari ibigo by’amashuri byinshi yadusubije muri aya magambo “Nibwo tugitangira kandi ntago umwana avuka ngo ahite yuzura ingobyi, twafashe bike dushoboye ariko mu bihe biza wenda nibidukundira tuzakomereza no mu bindi bigo byo muri Kigali ndetse no mu gihugu hose. Ntibyatworoheye no kubona abo dufite ubu kuko usanga benshi baba bitinya abandi batabyemererwa n’ababyeyi ariko twizera ko bizagenda byaguka uko ibihe bizajya bigenda.”

Dore abazahagararira abandi

Ecole Belge

Aurika Auger uhagarariye Ecole Belge

Glory

Ineza Lisa uahagarariye Glory Secondary School

Rugunga

Ishimwe Nadine uhagarariye APPE RUGUNGA

Notre Dame

Mutesi Eduige uhagarariye Notre Dame De Citeau

IPRC

Nkusi Deborah uhagarariye IPRC

La Colombiere

Shaima Chanty uhagarariye La Colombiere

Ecloe Fracaise

Sonia Songa uhagarariye Ecole Francaise

SOS[

Umutesi Asha Kharim uhagarariye SOS

ldk

Umutoni Barbine uhagarariye LDK

FAWE

Umutoni Sarah uhagarariye FAWE

IFAK

Uwineza Kelly uhagarariye IFAK

Saint Patrick

Uwitonze Djamilla uhagarariye Saint Patrick


Ibirori byo gutora uyu nyampinga rero bikazaba kuri iki cyumweru tariki ya 3 Kanama,2014 muri Sport View kuva i saa kumi z’umugoroba kugeza saa mbili z’umugoroba aho aba bakobwa baiziereka abagize akanama nkemurampaka, babazwe ibibazo hanyuma kakaba ariko gatangaza uwahize abandi.

Denise IRANZI

 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 9 years ago
    5
  • 9 years ago
    5
  • NIYIGENA Cristian 9 years ago
    Djamilla UWITONZE Oyee!!
  • Rj9 years ago
    Djamila
  • Kazeneza Elia9 years ago
    DJamilla oyee tukuri inyuma
  • coco finger9 years ago
    Hey, iki gikorwa nikiza ariko njyewe ngize inkeke mu gutoranywa kwabo bakobwa. ko ibi bigo byavuzwe bifite abakobwa benshi beza abo batoranyijwe gute. njye ndabona ari abantu bifatiye abakobwa baziranye bo kubigo bitandukanye ngo ni Miss high School. a little bit confusing kabisa
  • 9 years ago
    Nbr 5 always Nkusi Deborah
  • 9 years ago
    Nbr 5 always Nkusi Deborah
  • aime9 years ago
    Djamla
  • mac nob9 years ago
    nkusi deborah
  • 9 years ago
    nbr 5 nkusi
  • 9 years ago
    nbr 5
  • Ishimwe Rosine9 years ago
    num 5
  • Gisozi9 years ago
    Nkusi Deborah arabarusha kbsa....
  • David9 years ago
    number 5
  • j luc9 years ago
    number 5
  • isimbi pauline 9 years ago
    voting for number 5 nkusi umutoni Deborah
  • 9 years ago
    number 5 nkusi umutoni Deborah
  • 9 years ago
    Eduige ni we wa mbere hagakurikiraho Deborah abandi ni ubufu
  • Umutoni Dezy Ruth9 years ago
    Num 5 z cute





Inyarwanda BACKGROUND