RFL
Kigali

Miss Confidence yisunze Fearless bakorana indirimbo bise ‘Knock Knock’ –YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:15/03/2017 9:09
2


Umuhanzikazi w’umunyarwanda ukunze kuba mu gihugu cya Uganda Miss Confidence muri iyi minsi ari mu Rwanda aho yaje gusura umuryango we ndetse no gukurikirana bimwe mu bikorwa afite hano mu Rwanda, kuri ubu uyu muhanzikazi yamaze gushyira hanze indirimbo nshya yakoranye na Fearless bise ‘Knock Knock’.



KANDA HANO WUMVE IYI NDIRIMBO

‘Knock Knock’ ni indirimbo yakozwe na Producer Pacento mu minsi iri imbere bakaba bazaba bamaze kuyifatira amashusho ndetse nayo akazajya hanze mu minsi ya vuba. Asoza ikiganiro kigufi yahaye Inyarwanda.com Miss Confidence yabwiye Inyarwanda ko ari mu myiteguro yo kwimukira mu Rwanda aho azakomereza muzika ye ndetse na bimwe mu bikorwa bye bya buri munsi.

fearless

KANDA HANO WUMVE IYI NDIRIMBO






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • GASONGO7 years ago
    Uyu fearless ko mbona asa n'umukongoman ibye biteye bite? ni mubi kabisa, kandi ikibabaje aba yiyambitse ubusa ngo akunde akurure abagabo. narumiwe gusa. arabura kwegera abahanzi bamaze kubaka izina nka ba knowless, pacy, charly&nina ngo abe aribo akorana nabo indirimbo, arajya kwa Miss Confidence? hhhhhhhh
  • dushime7 years ago
    bose nibabi





Inyarwanda BACKGROUND