RFL
Kigali

Meddy na The Ben bashyize hanze indirimbo yabo 'Lose Control' yakozwe n'aba producers bane-YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:5/06/2018 15:18
4


Hari hashize igihe hitezwe indirimbo yahuriyemo abahanzi babiri bivugwa ko ari bo bakomeye mu Rwanda, The Ben na Meddy. Iyi ndirimbo yatangiye kwamamazwa mu minsi ishize gusa aka wa mugani iminsi iba myinshi igahimwa n’umwe,iyi ndirimbo ‘Lose Control’ yashyize ijya hanze. Byatangajwe ko iyi ndirimbo yakozweho n'aba producers bane.



Iyi ndirimbo yakorewe muri Monster Record yakozweho n'aba producer bane bose bo mu Rwanda ari bo Madebeat, Nicolas, Junior Multisystem ndetse na Mastora. Usibye iyi ndirimbo ariko kandi nk'uko amakuru agera ku Inyarwanda.com abivuga Meddy na The Ben banamaze gufata amashusho y’iyi ndirimbo ku buryo isaha iyo ari yo yose aya mashusho yajya hanze.

UMVA HANO IYI NDIRIMBO ‘LOSE CONTROL’ YA MEDDY NA THE BEN

meddy salehmeddy saleh

The Ben na Meddy bose baza mu Rwanda babaga batumiwe na EAP ikunze gutegura ibitaramo bikomeye mu Rwanda

UMVA HANO IYI NDIRIMBO ‘LOSE CONTROL’ YA MEDDY NA THE BEN






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Frank5 years ago
    Nc song kbs mwese ndabemerape
  • Ayirwanda Jean Claude5 years ago
    Nice & Beautiful Song from Rwandan Best Artists ever @The Ben & Meddy, Ndabemera bya cyane.
  • amos5 years ago
    kuko arabanyarwanda iyindirimbo tuzayumva pe,ariko simpamyana nabavuga ngo ninziza oya rwose,nibura iyo ikorwa na producer umwe kuko,ubuhangange tuzi kuri ababasore bacu ntabwo bakaduhaye indirimbo nkiyi iraciriritse nta hit yanagira pe,gusa igitekerezo cyogukora indirimbo nicyiza pe,ntakibazo irayirangiza lol#
  • Mwiza5 years ago
    Ariko iyo mushyiramo na bruce m byari kuba ari isi what do you think?





Inyarwanda BACKGROUND