RFL
Kigali

Mbere yo gusubira USA, MC Murenzi yasohokanye n’umufasha we bari mu kwezi kwa buki ku mukino wa Rayon Sports-AMAFOTO

Yanditswe na: Janvier Iyamuremye
Taliki:9/08/2018 18:21
1


Mbere yo gusubira muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Umunyamakuru akaba n’Umushyushyarugamba Murenzi n’umufasha we bakiri mu kwezi kwa buki barebye umukini Rayon Sports itsinzemo Sun Rise ibitego bibiri ku busa, kuri uyu wa 09 Kanama 2018.



Ku wa 04 Kanama 2018 nibwo Umunyamakuru Kamatali Murenzi wamamaye nka Mc Murenzi yahamije isezerano rye n’umukunzi we Aline Rudakenga[bamaranye imyaka itatu bakundana] imbere y’Imana, basezerana kubana akaramata bagatandukanwa n’urupfu.

MC Murenzi umaze imyaka irindwi USA azwi na benshi binyuze mu biganiro yagiye akora kuri Contact Fm. We n’umukunzi we basezeranye imbere y’amategeko ya USA, kuya 07 Kanama 2017. Gusaba no gukwa byabaye ku wa 05 Kanama 2017.

murenzi

Mc Murenzi [uri buryo] n'umufasha umwegereye uhugiye kuri telephone. Kuri ubu aba bombi bari mu kwezi kwa buki bitegura gusubira muri USA.

AMAFOTO MU MUHANGO WO GUSEZERANA IMBERE Y'IMANA:

Mc Murenzi yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we bamaranye imyaka itatu-AMAFOTOMc Murenzi yasezeranye imbere y’Imana n’umukunzi we bamaranye imyaka itatu-AMAFOTO

bahamije

 

 

bahamije

 

mc

MC Murenzi yari afite akanyamuneza ku munsi w'amateka

INKUMI

umusore

uyu mukino

Uyu mukino witabiriwe na Gacinya Denis [uri i bumoso] uherutse gufungurwa






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Gahizi5 years ago
    hahaha,ndebera uwo mugore wa murenzi wana!Mbega uru sambusa yikoreye weeee





Inyarwanda BACKGROUND