RFL
Kigali

Marina yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Impano’ icuranze ku buryo bwa Live –YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:29/09/2017 9:24
2


Muri iyi minsi umwe mu bahanzikazi bari kuzamuka muri muzika n’imbaraga nyinshi ni Marina, uyu uri gushyira hanze ibihangano bye byinshi kuri ubu yamaze gushyira hanze indirimbo ye nshya yise ‘Impano’ iyi ikaba itandukanye n’izindi yagiye akora cyane ko yo icuranze mu buryo bwa Live.



Uyu muhanzikazi akinjira muri muzika benshi bibazaga niba impano afite yo kuririmba yanayigaragaraza abaye ari kuririmba Live, kubazwa ibi bibazo kenshi ndetse no gushaka kumvisha abafana b’umuziki ko nawe yabishobora ngo nibyo byatumye uyu muhanzikazi mushya muri muzika ariko uri kuzamukana imbaraga akora iyi ndirimbo icuranze na gitari gusa.MarinaMarinaMarina umuhanzikazi uri kuzamuka neza muri muzika

Iyi ndirimbo nshya ya Marina yise ‘Impano’ yakozwe na Junior Multisystem, iyi ikaba ari indirimbo ije ikurikira indi yise ‘Marina’ yari imaze iminsi mike cyane ashyize hanze amashusho yayo.

UMVA HANO IYI NDIRIMBO NSHYA YA MARINA YISE ‘IMPANO’






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • dos6 years ago
    uyu bawe n'ubusa no munda wagirango yaziritsemo ihene wamugani amaze kurambiraba. muzamubwire nibura arare muri firigo ijoro rimwe agabanye ubushyuhe.
  • Bravo1 year ago
    Hy ndabakunda





Inyarwanda BACKGROUND