Maniraruta Martin uzwi cyane nka Mani Martin mu muziki nyarwanda, kuri ubu asigaye yambara iherena ku izuru ry’ibumoso, ibintu we avuga ko ari ubuzima busanzwe. Mani Martin yabajijwe icyamuteye gupfumura izuru akarishyiraho iherena n’aho yavanye igitekerezo, asubiza aseka cyane. Yagize ati;
Hahaha, nk’uko umuntu abyuka akambara ipantalo y’ubururu cyangwa akambara ishati y’umweru cyangwa akamera ukuntu aba ameze nyine ni ko nanjye mpitamo kumera so numva ko ntafite umukoro wo gusobanurira abantu ibintu cyane cyane biri ku mubiri wanjye. It’s my feelings.
Mu kiganiro na Izuba Rurashe dukesha iyi nkuru, Mani Martin yabajijwe igihe yatoboreye izuru ndetse niba bitaramuriye, asubiza iki kibazo muri aya magambo “I can’t talk about that” (nta cyo nshobora kubivugaho), ni kimwe n’uko nakubaza ngo nk’iyo pantalo yazamutse neza itakuriye, hahaha ntacyo byamarira mbimenye.”
Mani Martin yatoboye izuru yambaraho iherena (Ifoto/Ngendahimana Sam
REBA HANO 'AFRO' YA MANI MARTIN
Tanga igitecyerezo
Ibitecyerezo
Ukuntu arikibi arigisaza biranagaragara gusa nticyarigikwiye kwigira gityo
Reply
hhhhhh ako nukuri kub imbwa si ukumoka gusaa, mwanabaho no mumuco wacu nihehe umuhungu muzima yapfumuye izuru??? hhhh
ubuse koko bambare na cotex ngo ni feelingz zabo ; cg il sfft yo gutandukanya imico ya gikobwa niy gihungu....nib upfumuy umubiri wose,ubw aho ni ahagaragara imikondo yo yarashize,hhhh ubuse umugore wae cg umukobwa wae aba azakor iki????
iriya si defence y umugabo peeeee.........NOO NOOO NOOOO
Reply
Uyu nawe yarangiritse bikomeye
Reply
hhhhhh Man mart nidager gs ni felling ye 2!
Reply
Ni igihe cye kandi kudefenda ibyo yakoze si igitangaza kuko ni mukuru gusa Uwiteka aramukunda igihe kizagera asubire mu gakiza kuko hari igihe azasanga ibyo yakoze byose bidahesheje Imana icyubahiro ari ubusa.
Reply
Mumugenderekure, nava kuri ibi, aratangira kurongora abagabo....
Reply
aya si amakuru rwose.. ntakigenda cyanyu musigaye mutubihiriza
Reply
Uyu musore niba ageze aho apfumura izuru ageze habi! Natihana Gihenomu iramwasamiye!
Reply
Ibi babyita kutiyakira just
Reply