RFL
Kigali

Lanie yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yifashishijemo Kamanzi Didier uzwi muri filime –VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:11/10/2017 19:12
0


Lanie ni umuhanzikazi ukizamuka uri guhatana nuko izina rye ryakwamamara mu ruhando rw’abahanzi ba muzika mu Rwanda, kuri ubu yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise ‘Uko ubikora’ igaragaramo umusore wamamaye muri filime nka Kamanzi Didier.



Aganira na Inyarwanda.com Lanie yabwiye umunyamakuru ko mu ifatwa ry’amashusho y’iyi ndirimbo yari akeneye umuhungu, atekereje umwe mu nshuti ze byatumye afata Kamanzi Didier. Amashusho y'iyi ndirimbo nshya ya Lanie yitwa ‘Uko ubikora’ yafashwe anatunganywa na Ma~Riva umusore wamamaye mu gutunganya amashusho y’indirimbo z’ibyamamare.

REBA HANO IYI NDIRIMBO 'UKO UBIKORA' YA LANIE






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND