RFL
Kigali

Kim Kadarshian yatunguwe n’ibyavuye mu isuzuma yakoze ryo guhitamo niba hari aho yaba atandukaniye na Chrissy Teigen

Yanditswe na: Fred MASENGESHO
Taliki:20/07/2017 20:04
0


Umugore wa Kanye West akaba n’Umunyamideli,Kim Kadarshian yatunguwe n’ibyavuye mu isuzuma yakoze uyu munsi aho yasabwaga guhitamo niba hari aho atandukaniye n’umugore wa John Legend akaba n’Umunyamideli,Chrissy Teigen.Abinyujije ku rukuta rwe rwa Twitter,uyu mugore yavuze ko yasanze yahisemo ko nta kinyuranyo kiri hagati y’abo bombi.



Muri iri suzuma,Kim Kadarshian w’imyaka 36 y’amavuko yasabwaga gusubiza ikibazo kigira kiti”Uri Kim Kadarshian cyane, Cyangwa uri Chrissy Teigen?”. Mu magambo yashyize kuri twitter arimo igisubizo, yagize ati”Igisubizo cyanjye ni Chrissy Teigen”.Ibi bivuze ko Kim Kadarshian yemeje ko na we yikundira ibirori ndetse ko buri gihe avuga ikiri ku mutima n’ibindi byinshi biranga inshuti ye ya hafi,Chrissy Teigen.

answer

Igisubizo Kim Kadarshian yabonye kimubwira ko ameze nka Chris Teigen.

Ni nyuma yaho benshi bavugaga ko iki ari ikibazo cy’abana kuko ngo nta wabaho atiyizi gusa byaje kugaragara ubwo Kim byamunaniraga.

Src:Dailymail






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND