RFL
Kigali

KIGALI:Hateguwe igitaramo cyo kubyina intsinzi aho abazazinduka bazahabwa icyo kunywa ku buntu

Yanditswe na: Fred MASENGESHO
Taliki:1/08/2017 18:23
0


Mu rwego rwo kubyina intsinzi nyuma y'amatora ya Perezida,i Kigali hateguwe igitaramo cyiswe’Sign of Victory Cocktail Night’ giteganyijwe kuzaba kuwa 4 Kanama 2017 kuri Pilipili saa kumi n’ebyiri z’umugoroba.Muri iki gitaramo abazazinduka bazahabwa Cocktail y’ubuntu mu isaha ya mbere, kwinjira bikaba ari amafaranga 5,000 Frw



Muri iki gitaramo kandi hateganyijwe ko ibiciro by’ibinyobwa bizahananurwa nk’aho mu isaha ya mbere igiciro cy’icupa rya Whisky na Champagne kizagabanwaho 40%, uguze Heineken 2 ugahabwa 1 y’ubuntu.Ikindi kandi nta rungu muri ibi birori kuko abazakitabira bazataramirwa n’Umurage Live Band n’aba Dj nka Dj Diallo,Kalexx,Smith,Ol,Selekta Copain n’abandi naho nyuma y'igitaramo habe 'afterparty' ikazabera kuri People’s Club.

victory night

Iki ni igitaramo cyatewe inkunga na Inyarwanda.com,Akagera Business Group,Heineken,Poliakov,Print Impression,Eabl n'abandi. 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND