RFL
Kigali

KICUKIRO: Makanyaga Abdul yasusurukije abaraye igicuku barindiriye kumenya ibiva mu matora ya Perezida –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:5/08/2017 12:36
0


Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki 4 Kanama 2017 mu gihugu hose abaturage baraye igicuku barindiriye kumenya ibiva mu matora y’umukuru w’Igihugu, abaraye iri joro kuri IPRC-Kigali ahahoze ETO Kicukiro bataramiwe na Makanyaga Abdul wabasusurukije agafatanya nabo kubyina intsinzi.



Si Makanyaga gusa kuko bari bateguriwe ababyinnyi b’abanyamwuga bo kubasusurutsa yewe icyo kunywa aho ngaho cyari gihari ku bwinshi, icyakora nubwo byari bimeze bityo abaturage bacianyaga umudiho ari nako baterera ijisho kuri televiziyo ya rutura yari iteretse aho ubwo bamaraga gutangaza amajwi abenshi mu bari bateraniye aho bahise bikoza ibicu batangira kubyina intsinzi nyuma yo kumva ko Nyakubahwa Paul Kagame ari we uyoboye abandi mu majwi y'agateganyo yatangajwe na NEC. 

REBA AMAFOTO Y'UKO BYARI BIMEZE:

kicukirokicukirokicukirokicukiroAbatuye muri Kicukiro benshi bari baje kwihera ijisho ibiva mu matoramakanyagamakanya

Bagitegereje ibiva mu matora Makanyaga Abdul yasusurutsaga abantu ngo baticwa n'irungukicukiromakanyagamakanyagamakanyagaBabyinaga umuziki banatsirika icyakamakanyagamakanyagaMakanyaga yafashije abatuye ba Kicukiro kuticwa n'irungukicukirokicukirokicukiroN'amatsiko menshi bategereje ibiva mu ibarura ry'amatorakicukiroKomisiyo y'Igihugu y'Amatora nayo yabaye mudatenguha batangaza ibyo bari gukura mu ibarurakicukirokicukirokicukirokicukirokicukiroBahise bahaguruka batangira kubyina intsinzi

AMAFOTO: IRADUKUNDA Desanjo -Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND