Muri iyi minsi mu Rwanda ndetse no muri Afurika muri rusange urubyiruko rukunze guhabwa inyigisho zijyanye n’ubuzima bw’imyororokere, ariko iyo uganiriye na bamwe mu bahanzi bo mu Rwanda usanga ari bamwe mu bakeneye n’amahugurwa. Aha ubibwirwa n’ibyo bagusubiza iyo muganiriye kuri iyi ngingo. Kuri iyi nshuro twaganiriye na Khalfan.
Khalfan kuri ubu ufite umukunzi uzwi ku izina rya Josy yemereye Inyarwanda.com ko bagikundana ntacyahindutse, ku bibazo by’amatsiko Khalfan yari kubazwa yabajijwe niba yibuka neza igihe yaba yaratakarije ubumanzi. Uyu muhanzi abwira umunyamakuru ko yibuka neza ko ibi byamubayeho muri 2012 icyakora akaba atumva ukuntu yaba yaratakaje ubumanzi nyamara yaritabazaga agakingirizo.
TANGA IGITECYEREZO