RFL
Kigali

Just Family na Dream Boyz bihurije hamwe bakorana indirimbo bise ‘Mureke agende’ –YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:23/04/2017 16:25
1


Muri iyi minsi itsinda rya Just Family ntiryari riri kumvikana cyane muri muzika nyarwanda gusa nyuma y’iminsi batumvikana bashyize bakora indirimbo yabo nshya bakoranye na Dream Boyz bayita ‘Mureke agende’ iyi ndirimbo ikaba yamaze kugera hanze.



KANDA HANO WUMVE IYI NDIRIMBO 'MUREKE AGENDE'

Iyi ndirimbo nshya y’urukundo aya matsinda yahuriyemo yakozwe na Producer Junior Multisystem muri Round Music studio n'ubundi asanzwe akoreramo. Jimmy wo mu itsinda rya Just Family ngo impamvu bakoranye na Dream Boyz ni uko ari itsinda bamaze igihe baziranye, bakaba inshuti zabo mu buzima busanzwe. Uyu yahamije kandi ko amashusho y’iyi ndirimbo ajya hanze vuba aha. 

KANDA HANO WUMVE IYI NDIRIMBO NSHYA YA JUST FAMILY NA DREAM 'MUREKE AGENDE'







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Coco6 years ago
    Mbegibintu bibabaje!!!!! Kuiyunga na just family koko ivugwaho uburozi nokuraguza koko ubumwabuzabandi mukorana? Mwabasoremwe TMC & Platini turabakundacyane muriyubaha kandimufite uburere5 alikorwose nimuvemurabo barozi batazanabatera umwaku ndabinginze6 mutangiza impanoyanyu





Inyarwanda BACKGROUND