RFL
Kigali

Jennifer Lopez na Nicki Minaj bahanganye mu kwambara ibisa n'ubusa mu gitaramo cya Fashion Rocks - AMAFOTO

Yanditswe na: Editor
Taliki:10/09/2014 10:33
5


Mu gitaramo cyiswe “Fashion Rocks” cyabaye kuri uyu wa kabiri tariki 9 Nzeri 2014, abahanzi batandukanye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika bagaragaje imyambarire idasanzwe, abahanzikazi Jennifer Lopez na Nicki Minaj bo bakaba baraje ku isonga mu kurushanwa kwerekana ibisa no kwambara ubusa.



Jennifer Lopez w’imyaka 45 y’amavuko, yabyinnye mu buryo bwinshi butandukanye aho yerekanaga akenda k’imbere ndetse uburyo yabikoze ni nako mugenzi we Nicki Minaj yabikoraga bisa nk’aho babaga basa nk’abarushanwa, uretse aba bahanzikazi bagaragaje gusa n’abarangaza benshi, abandi bagenzi babo nabo bakaba baragaragaje imyambarire idasanzwe. 

JENIFFER

Jennifer Lopez yakoze ibisa no kwambara ubusa

Jennifer Lopez yakoze ibisa no kwambara ubusa

Jennifer Lopez n'ababyinnyi be

Jennifer Lopez n'ababyinnyi be

Jennifer

Jennifer Lopez n'ababyinnyi be babyinnye imyino zidasanzwe

lopez

Jennifer Lopez n'ababyinnyi be babyinnye imyino zidasanzwe

Uburyo Jennifer Lopez yabikoraga ninako Nicki Minaj yabigenje

Uburyo Jennifer Lopez yabikoraga ninako Nicki Minaj yabigenje

Nicki

nicki

Nicki Minaj nawe ni uko yari yambaye

nicki

nicki

Nicki Minaj nawe ni uko yari yambaye

Usher nawe ari mu bahanzi bagaragaye muri iki gitaramo

Usher nawe ari mu bahanzi bagaragaye muri iki gitaramo

Jennifer Hudson ni uko we yari yambaye muri iki gitaramo

Jennifer Hudson ni uko we yari yambaye muri iki gitaramo

Pitbull n'ababyinnyi be muri iki gitaramo

Pitbull n'ababyinnyi be muri iki gitaramo

Sean Paul, Randy Malcom, Enrique Iglesias, na Alexander Delgado

Sean Paul, Randy Malcom, Enrique Iglesias, na Alexander Delgado

Rita Ora ni uko nawe yari yambaye muri iki gitaramo

Rita Ora ni uko nawe yari yambaye muri iki gitaramo

Uburyo Rita Ora yakuruye akenda k'imbere k'uyu munyamideli byatangaje abantu

Uburyo Rita Ora yakuruye akenda k'imbere k'uyu munyamideli byatangaje abantu

Jason Derulo muri iki gitaramo

Jason Derulo muri iki gitaramo

Enrique Igresias

Enrique Igresias 

Manirakiza Théogène






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • isoni9 years ago
    Toka shitani.
  • G9 years ago
    Ingoma bihumbi aba ntibazakandagire mu RWAGASABO bambaye batya.
  • dominique9 years ago
    kwajinara yesu
  • claude9 years ago
    hum yewe gusara ushaje biragatsindwa 45ans
  • Ndayishimiye Alphonse8 years ago
    Pe isi irashize!





Inyarwanda BACKGROUND