RFL
Kigali

KIGALI UP:Abahanzi Ismael Lo, Patoranking, Soleil Laurent n'abandi bo mu Rwanda beretswe urukundo–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:20/08/2017 9:34
0


Iserukiramuco rya Kigali Up rigomba kumara iminsi ibiri ryatangiye kuri uyu wa Gatandatu tariki 19 Kanama 2017 kuri uyu munsi hakaba haririmbye bamwe mu bahanzi bakomeye barimo Ismael Lo, Soleil Laurent na Patoranking baturutse hanze baje gususurutsa abitabiriye iki gitaramo.



Iki gitaramo cyagaragayemo kandi abahanzi b’abanyarwanda bakomeye barimo Makanyaga Abdoul, King James na Israel Mbonyi nabo bashimishije abantu. Iki gitaramo cyagerageje kwitabirwa cyabangamiwe n’imvura ikomeye yaguye ubwo cyari kigeze hagati nubwo itigeze ituma gihagarara.

Iyi mvura yatangiye kugwa  ubwo Israel Mbonyi yari ageze hagati aririmba ifata n’umwanya wa King James dore ko yaririmbye igwa akarinda asoza ikigwa gusa akiva ku rubyiniro, yahise ihita. Iki gitaramo cyaraye kibereye ku Kicukiro muri IPRC kiraza gukomeza  kuri iki cyumweru tariki 20 Kanama 2017.

REBA AMAFOTO:

kigali Upkigali UpClovis umwe mu bari bitabiriye Kigali Upkigali UpPeace nawe yari yitabiriyekigali Upkigali UpNkusi Arthur yari yaje kwihera ijishokigali Upkigali Upkigali UpUmuziki wacinywekigali Upkigali UpMakanyaga Abdoul yataramiye abantukigali Upkigali UpImvura yasanze Mbonyi ku rubyinirokigali UpNubwo imvura yari ikaze Israel Mbonyi yaririmbiye abakunzi bekigali Upkigali UpKing James yaririmbye imvura imuriho kigali UpKigali fashion weekkigali UpUmunyamerikakazi Soleil Laurentkigali UpLion Imanzi na Ange ni bo bayoboye iki gitaramokigali Upkigali Upkigali Upkigali UpIsmael Lo n'itsinda ryamufashijekigali Upkigali Upkigali Upkigali UpPatoranking ni we wasoje iki gitaramo

AMAFOTO: IRADUKUNDA Desanjo -Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND