RFL
Kigali

Imbere y’Imana n’abantu myugariro wa APR FC RUGWIRO Herve yasezeranye n’umukunzi we kubana akaramata–AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:15/07/2017 17:41
1


Ku itariki 4 Werurwe 2017 Herve Rugwiro myugariro wa APR FC ndetse n’ikipe y’igihugu Amavubi ni bwo yasabye akanakwa umukunzi we Mugabekazi Carine, ibi birori byabereye i Nyamirambo, kuri ubu aba bombi basezeranye imbere y’Imana.



Nkuko byagaraga ku rupapuro rw’ubutumire mu bukwe bwa Rugwiro Herve bavugaga ko  bugomba kuba tariki 15 Nyakanga 2017 aho umuhango wo gusezerana imbere y’Imana wabereye muri EAR Cathedrale St Paul i Huye mu ntara y’amajyepfo ari naho uyu musore avuka ndetse yanakuriye.

REBA HANO RUGWIRO HERVE N'UMUFASHA WE BAVUYE GUSEZERANA

Tubibutse ko Rugwiro Herve ari myugariro wa APR FC akaba n’umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi. Ni umusore uvuka mu ntara y’Amajyepfo mu karere ka Huye ari naho yatangiriye umupira we mbere yuko ajyanwa mu Academy ya APR FC dore ko yamenyekanye akinira ikigo yigagaho cya Groupe Officiel de Butare muri 2009-2010. Kuri ubu akaba ari umwe mu bakinnyi ngenderwaho mu bwugarizi bw’ikipe y’ingabo z’igihugu APR FC byanatumye aherekezwa na bamwe mu bakinnyi bagiye bakinana mu makipe anyuranye.

REBA AMAFOTO:

rugwiroRugwiro n'umufasha we bageze ku rusengeroherveherveAbageni barerekeza mu rusengeroherveherveMugenzi wa Rugwiro Herve, Imran ni we wamubereye umubyeyi wa RohoherveUmuzamu wa APR FC, Kimenyi Yves ari mu bambariye Herve RugwirorugwiroherveHerve Rugwiro n'umufasha we mu rusengero imbere y'abakozi b'Imana, ababyeyi inshuti n'abavandimwerugwirorugwirorugwirorugwiroBahanye isezeranorugwirorugwirorugwirorugwirorugwirorugwiro Rugwiro n'umufasha we basengewe basabirwa umugisha ku Mana rugwirorugwiroRugwiro Herve akimara gusezerana n'umufasha we yamupfukuye mu masoherveherveherveBahindukiye bashimira abaje kubashyigikiraherveJanvier, Maxime bakinira APR FC na Jimmy Mulisa uyitoza bari baje gushyigikira mugenzi waboherveherveBagisohoka mu rusengerorugwiroAbakinnyi banyuranye bari baje gushyigikira Rugwiro HerveherveNsabimana Eric Zidane ati "Ntawamenya wenda ubutaha ni njye..."

AMAFOTO: Nsengiyumva Emmy -Inyarwanda.com






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Lil G6 years ago
    Bravo ku bakinnyi mwaje gushyigikira mugenzi wanyu mukanaza mwambaye neza, mwubashye ibirori byubukwe ndanagaya Maxime na Ngabo mwaje mwambaye nkabagiye ahasigaye hose.....ubukwe burera mujye mubwubaha!!





Inyarwanda BACKGROUND