RFL
Kigali

Ikiganiro na Active: Ese bavuga iki kuba Urban Boys yarasenyutse? Menya uko aba basore bahagaze mu rukundo–VIDEO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:10/11/2017 15:17
1


Muri iyi minsi itsinda rya Active ryamaze gushyira hanze indirimbo yabo nshya, indirimbo bise ‘Go mama’ bakaba barayikoreye muri Tanzania na Mwana Fa. Mu kiganiro aba bahanzi bagiranye na Inyarwanda twababajije byinshi mu bibazo buri wese yakwifuza kubaza itsinda rya Active.



Bimwe mu bibazo abagize itsinda rya Active babajjijwe mu kiganiro iri tsinda ryagiranye na Inyarwanda.com harimo uko bakiriye itandukana rya Urban Boys ndetse n’ikibazo cy'uko aba basore bahagaze mu rukundo cyane  ko ari bamwe mu bavuzwe cyane mu nkuru z’urukundo nyuma y'aho Olivis avuzwe cyane mu rukundo na Miss Vanessa mu gihe Dereck we yavuzwe mu rukundo na Miss Teta Sandra. Icyakora kuri ubu aba basore biragoye ko bavuga ku bijyanye n’ubuzima bwabo bw’urukundo.

ActiveItsinda rya Active Group

Usibye ku kijyanye n’urukundo abagize iri tsinda batangaje ko bababajwe no kuba itsinda rya Urban Boys ryarasenyutse bongeraho ko usibye kuba bari bagenzi babo bari n’inshuti zabo bakaba bakuru babo mu muziki bityo ngo iki ni igihombo gikomeye kuri muzika nyarwanda babarizwamo.

REBA HANO IKIGANIRO INYARWANDA.COM YAGIRANYE NA ACTIVE GROUP






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    Ariko se ninde wababwiye ko urban boys yasenyutse? Safi niwe urban boys?





Inyarwanda BACKGROUND