RFL
Kigali

Igitaramo The Mane yatumiyemo Harmonize gisize amateka mu mujyi wa Musanze –AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:24/03/2018 7:41
3


Kuri uyu wa Gatanu tariki 24 Werurwe 2018 ni bwo mu mujyi wa Musanze habereye igitaramo cya The Mane cyo kumurika iyi nzu ku mugaragaro. Ni igitaramo cyabereye mu ntara y’Amajyaruguru mu karere ka Musanze kitabirwa bikomeye n’abafana benshi kimwe n’abahanzi batari bake.



Iki gitaramo kitabiriwe n'abahanzi barimo;King James, Riderman, Christopher, Queen Cha, Ama G The Black, Safi Madiba, Marina ndetse na Harmonize wari watumiwe muri iki gitaramo nk’umunyamahanga waje kunganira aba bahanzi. Aba bahanzi bose bakoreye igitaramo gikomeye mu karere ka Musanze ahari hateraniye abafana benshi.

Iki gitaramo cyashimishije abafana batari bake bari baje kwihera ijisho. Ni gitaramo cyabaye cyiza cyane mu mboni za buri wese wari uhari. Iki gitaramo cyatangiye mu ma saa moya kugeza saa sita zuzuye z’ijoro aho abahanzi banyuranye bashimishije abakunzi b’umuziki bari muri Stade Ubworoherane.

rutamuRutamu Elie Joe ni umwe mu bazindutse ngo baze kwihera ijisho iki gitaramoharmonizeAbahanzi bakizamuka bahawe umwanyaMr GloireMr Gloire umusore wamenyekaniye mu karere ka Musanze yahawe umwanyaBizarreBizarre Music nabo bahawe akanyamukadaffMukhadaff yari yaje muri iki gitaramoChristopherChristopherChristopher ni umwe mu bahanzi baririmbye muri iki gitaramo

Phil Peter ni we wavangavangaga imizikiMiss Bizuru Miss Grace Bizuru wigeze kwitabira Miss Africa USA yari yaje kwihera ijishoMayorMayor wa Musanze yabwiye urubyiruko ko barwitayehoAma G The BlackAma G The BlackAma G The Black ku rubyiniro muri iki gitaramoking jamesking jamesking jamesKing James yataramiye abari i MusanzeQueen ChaQueen ChaQueen ChaQueen ChaQueen Cha wataramiye abari aho yageze aho ahamagara Ama G The Black ngo bafatanye gushimisha abakunzi b'umuzikiJay CJay CJay CJay C yataramiye abari mu gitaramo Ama G The Black aza kumukora mu ntokiharmonizeBosquizo ni we wari uyoboye ibi birorimarinathe manethe manethe maneMarina Marina yongeye gusiga izina i MusanzeRidermanRidermanRidermanRidermanRidermanRidermansafi madibaRiderman yongeye kwerekana ubushongore n'ubukaka muri HipHop y'u Rwanda, aha yari ari kumwe na Safi Madibasafi madibaSafi Madiba yahamagaye Queen Cha bafatanya kuririmba indirimbo bakoranyesafi madibasafi madibaSafi Madiba imbere y'abafana beBahatiBahati wo muri Just Family yari yaje Musanze muri iki gitaramo na Primus mu ntoki cyane ko ari umwe mu bagiye gutangira guhatanira igikombe cya Primus Guma Guma Super Starthe maneAbafana bari baharisafi madibaUyu mukobwa ufana Madiba yifuzaga kumukoraho kuva ku rubyiniro kugeza ubwo amusanze no mu modokasafi madibaharmonizesafi madibaharmonizeharmonizeharmonizeHarmonize yishimiwe bikomeye






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • 6 years ago
    The Mane oyeeee mukanya camp kigali turahakora amabara
  • 6 years ago
    Wapi ntimugakabye nari mpibereye
  • Nadian6 years ago
    Sha safi araje meddy na ben mwitegure ;igisabo madiba ntimuribuze kumukira intara ya jack b turagutegereje za na iyo album jack b





Inyarwanda BACKGROUND