RFL
Kigali

The Legends basohoye indirimbo nshya 'Leave the drugs' ihamagarira abantu guhashya ibiyobyabwenge-YUMVE

Yanditswe na: Editor
Taliki:19/10/2018 11:25
0


Itsinda The Legends rigizwe na Dr Scientific na King The Winner ryashyize hanze indirimbo nshya yitwa 'Leave the drugs'. Iyi ndirimbo ikubiyemo ubutumwa busaba abantu guhashya ibiyobyabwenge kuko bigira ingaruka mbi cyane ku buzima bw'ababikoresha.



The Legends bashyize hanze iyi ndirimbo nyuma y'izindi zinyuranye bamaze gukora harimo Save my life bakoranye na Jay Polly, ISI bakoranye na Ama G The Black n'izindi. Kuva aho aba basore Dr Scientific na King The Winner bahurije imbaraga, bamaze gukora indirimbo nyinshi by'akarusho inyinshi muri zo ziba zibumbatiye ubutumwa bwigisha umuryango mugari.

Image result for The legends amakuru inyarwanda Dr Scientific

King The Winner na Dr Scientific bagize itsinda The Legends

Muri iyi ndirimbo nshya The Legends bise Leave the drugs, hari aho baririmba bagira bati: "Rubyiruko namwe birabareba, mureke ibiyobyabwenge byica ahazaza hanyu,..mugo ni mbi,..amagara arasesekara ntayorwa. Ibiyobyabwenge ni bibi, biragushuka bikakujyana mu mwijima. Muve mu biyobyabwenge mukize ubuzima bwanyu."

UMVA HANO 'LEAVE THE DRUGS' INDIRIMBO NSHYA YA THE LEGENDS



 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND