RFL
Kigali

Edyzzon yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye ya mbere ‘Biramvuna’

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:24/02/2017 18:27
7


Edyzzon ni umuhanzi mushya winjiye mu muziki aho nyuma yo gushyira ahagaragara amashusho y’indirimbo ye ya mbere yise ‘Biramvuna’ yihaye intego ko uyu mwaka ugomba gusiga yigaragaje mu ruhando rwa muzika.



Iri n’iryo tangiriro ry’ibikorwa byinshi bifite umwihariko biri inyuma y’iyo ndirimbo ya Biramvuna. Umwaka wa 2017 ugomba kurangira hari uruhare ngize mu iterambere ry’umuziki nyarwanda. Edyzzon aganira na INYARWANDA

Kanda hano urebe amashusho y'iyi ndirimbo 'Biramvuna' 


Uyu musore uhamya ko uyu mwaka ari uw’ibikorwa yatangaje ko nyuma y’iyi ndirimbo yatunganyirijwe na producer Trackslayer, ubu afite indi mishinga myinshi ateganya gukora.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • yvan7 years ago
    crges edyzzon nineza gd job kbsa karabikora
  • 7 years ago
    gy hari byinshi wagakoze hano hanze aho gupfusha amafr ubusa ibi rwoce si ibyawe bifite banyirabyo
  • Mugisha jalou Harris7 years ago
    Courage musore wacu✌✌✌ you made it kbsa
  • billy7 years ago
    courage muhungu.
  • Happy7 years ago
    uyumupeti araburiki ko numva ashoboye
  • hitimana joseph 7 years ago
    sha eddzon arashoboye kbs musaza
  • Jd7 years ago
    Congrats dine Wabikoze kbsa





Inyarwanda BACKGROUND