RFL
Kigali

MU MAFOTO: Igitaramo 'East African Party 2018' kitabiriwe na benshi mu byamamare ba hano mu Rwanda

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:2/01/2018 14:23
2


East African Party ni igitaramo gitegurwa buri gihe mu ntangiriro z’umwaka, kuri iyi nshuro cyabaye kuri uyu wa Mbere tariki 1/1/2018 cyitabirwa n’abahanzi benshi batandukanye ku buryo abacyitabiriye babashije kuvanayo ibyishimo bibinjiza neza mu mwaka mushya wa 2018.



Usibye abahanzi baririmbye bari batumiwe muri iki ni igitaramo, abantu banyuranye b'ibyamamare hano mu Rwanda bacyitabiriye ku bwinshi. Mu bacyitabiriye harimo abanyamakuru, abakinnyi kimwe n’abahanzi bagenzi babo baba baje kureba uko abagiye gutarama bari bwitware mu gitaramo. Inyarwanda.com yazengurutse muri iki gitaramo twabashije kubakusanyiriza amafoto y’abantu bazwi bari bitabiriye iki gitaramo.

REBA INKURU IVUGA UKO IGITARAMO CYAGENZE UKANZE HANO

Tubibutse ko iki gitaramo cyaririmbyemo abahanzi banyuranye barimo; Yvan Buravan, P Fla, Bruce Melody, Tuff Gangz, Riderman, Sheebah Karungi na Ali Kiba. Igitaramo cyabereye muri parikingi ya Stade Amahoro i Remera ku mugoroba w'uyu wa Mbere tariki 1/1/2018. 

angeAnge umufasha wa DJ Pius yari Mc muri iki gitaramo, ni we wahamagaye ku rubyiniro Sheebah KarungitidjalaTidjala cyangwa TK kuri iyi nshuro nawe yari Mc muri iki gitaramo ni we wahamagaye Ali Kiba ku rubyiniroKate gustaveMc Kate Gustave na Mc Tino nabo bayoboye igice kinini cy'iki gitaramonasriMahoro Nasri umunyamakuru w'imikino kuri Radio Flash Fm yari yaje kwihera ijisho ibyo mu muzikijean marieJean Marie Mukasa (wambaye amadarubindi) umujyanama wa Yvan Buravan na Active ari kumwe na Iradukunda Bertrand umukinnyi wa Police Fcjean marieJean Marie yari kumwe na Meddy Saleh ukorera abahanzi benshi amashusho y'indirimboKate gustaveAloooo, igitaramo cyashyushye ngwino banguka, Kate Gustave mbere gato ko yurira urubyiniroolivisOlivis wo mu itsinda rya Active yari yaje kwihera ijishotizzoTizzo nawe wo mu itsinda rya Active yari yaje kwihera ijishorutamuRutamu Elie Joe umunyamakuru w'imikino kuri Radio 1 yari yaje kwihera ijisho ibyo mu muzikimc pMc P Wamamaye (uyu wambaye amadarubindi), umunyamakuru wa Contact fm jean LucJean Luc Imfurayacu umunyamakuru w'imikino kuri Radio 10 yari yaje kwihera ijisho imigendekere y'iki gitaramohDj Ira yari yaje kwihera ijisho imigendekere y'iki gitaramoRBAUhereye i bumoso ni; Ziggy55 umunyamakuru wa Radio1, Gerard Mbabazi, Michelle Iradukunda, Claude Kwizigira na Epa Ndungutse abanyamakuru ba RBA bitegereza iki gitaramoePAGerard Mbabazi, Michelle Iradukunda, Epa Ndungutse na Tidjala Kabendera abanyamakuru ba RBA bari baje kwihera ijisho imigendekere y'iki gitaramoj paulIburyo ni J Paul Nkurunziza umunyamakuru w'imikino ku Isango star, umuhanzi Muchoma (hagati) na Kanyamahanga cyangwa Kanyizzo (ibumoso) umunyamakuru w'imikino kuri City Radio tizzoTizzo na Platini bari baje kwihera ijisho iki gitaramoangeAnge umufasha wa Dj Pius mbere yo kujya ku rubyiniro yitegereza igitaramo uko kimezemight popoMight Popo umuyobozi w'ishuri rya muzika ku Nyundo(ufite dread) yari yaje kureba uko abana bahiga bacuranze muri iki gitaramo bitwaraJay PollyInyuma y'uyu musore ufite isakoshi y'umutuku ni umugore wa Jay Polly wari waje kureba uko umugabo we yitwaradj theoDj Theo (hagati) yari mu bari bitabiriye iki gitaramoPeacePeace Jolis umwe mu bahanzi b'abanyempano bo mu Rwanda yitegereza uko bagenzi be bitwaraAma G The BlackAma G The Black, umufasha we Liliane Uwase na Sandra Miraji bari baje kwihera ijisho iki gitaramotmcTmc wo muri Dream Boys na Mike Karangwa nabo bari mu gitaramo cya East African partyBunaniBunani Happy wamamaye nk'umunyamakuru w'imikino ku Isango Star yari yaje kwihera ijisho iki gitaramoEAST AFRICAN PARTYHagati ni Bad Rama umuyobozi wa The Mane ifasha abahanzi nka Safi Madiba ndetse na Marinalam G Lam G Lambert umunyamakuru wa Radio 10 nawe yari yaje kwihera ijisho iki gitaramoEric

Eric Irambona myugariro wa Rayon Sport ni uku yaserutse

REBA HANO UKO IGITARAMO CYAGENZE







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Gwiza6 years ago
    Inkuru nk'iyi ni nziza cyane. Biratwereka ko mwahatubereye koko kandi natwe mukadyha ishusho y'ibyahabereye. Thx Bwana Munyamakuru.
  • Tooka6 years ago
    Abanyamakuru arko muzabakure mu byamamare.!!.. Kdi ubh abenshi ntibaguze na tickets..





Inyarwanda BACKGROUND