RFL
Kigali

Bull Dogg na P fla baherutse gutukana kugeza ku babyeyi bakoranye indirimbo –YUMVE HANO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:21/10/2016 10:56
2


Abaraperi Bull Dogg na P Fla mu minsi ishize bakozanyijeho batukana ibitutsi bikakaye kugeza ubwo bageze naho batukana ku babyeyi. Byagiye bigarukwaho ko imyitwarire yaba bahanzi atari myiza, gusa ibi byaje guhoshwa nuko aba bombi basabanye imbabazi mu itangazamakuru bahamya ko batazongera gutukana. Kuri ubu bakaba banakoranye indirimbo.



KANDA HANO UBASHE KUMVA INDIRIMBO ‘MCEE’ YA P FLA NA BULL DOGG

Muri iyi ndirimbo 'MCEE' aba baraperi bahamya ko muri iyi minsi aribo babiri basigaye barwanira iyi njyana yajugunywe, bagahamya ko injyana ntaho yagiye ahubwo yanze abayizamo nk'inkundarubyino, mu gitero cya Bull Dogg agira ati “…Injya ntiyagiye ahubwo yanze inkundarubyino…”, Mu kindi gitero, P Fla na we yongeye kwikoma Jay Polly agira ati “… Inoti ziragiye ushumikanye none ushumikanye Ama G izanyu zirazimye kura umwanda ku nzira…”.

bull dogg

P Fla na Bull Dogg bahuje imbaraga bakorana indirimbo

‘MCEE’ ni yo ndirimbo aba baraperi uko ari babiri bakoranye. Ni indirimbo yakozwe na Producer Trackslayer. Usibye iyi ndirimbo aba baraperi twabibutsa ko bigeze gukorana mu itsinda bari bahuriyemo rya Tuff Gangz mbere yuko bashwana ndetse bagatandukana nabi.

KANDA HANO UBASHE KUMVA INDIRIMBO ‘MCEE’ YA P FLA NA BULL DOGG






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • humjadoss7 years ago
    wawuouuuu so nice!!! kare kosese!!
  • Pro Dibeo7 years ago
    agatendo ka Pfla na Bulldog mukareke ni nka ka Bob winne na Bebe cool ikibazo nuko batazi kubyaza umu saruro wabo muri ako gatendo ngo ni befu





Inyarwanda BACKGROUND