RFL
Kigali

Burbie Banks yasohoye amashusho y'indirimbo 'Amamara' yakoranye na Bull Dogg-VIDEO

Yanditswe na: Editor
Taliki:13/06/2018 10:29
0


Umuraperi Burbie Banks yamaze gushyira hanze amashusho y'indirimbo 'Amamara' yakoranye na Bull Dogg umwe mu bafite izina rikomeye muri Hiphop ya hano mu Rwanda. Amajwi y'iyi ndirimbo yasohotse muri Mutarama muri 2018, amashusho yayo ajya hanze muri uku kwezi kwa Kamena 2018.



Iyi ndirimbo 'Amamara' ya Burbie Banks na Bull Dogg yakozwe na producer Devdenko umwe mu bazobereye mu gutunganya indirimbo z'abaraperi batandukanye. Burbie Banks ashyize hanze iyi ndirimbo 'Amamara' nyuma y'izindi zitandukanye yakoze cyane cyane muri 2017 dore ko ari bwo yakoze cyane aho yagiye agaragara yakoranye indirimbo na bagenzi be basanzwe bakorana umuziki.

REBA HANO 'AMAMARA' YA BURBIE BANKS FT BULLDOGG







TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND