RFL
Kigali

Big Dom wubuye ibya muzika yashyize hanze indirimbo ye nshya yise’Twakaniye’ –YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:28/04/2017 18:15
0


Umuhanzi nyarwanda Big Dom uzwi cyane mu ndirimbo ‘Igishwi cy’ikibinda, Angel Angel n'izindi 'nyuma y’igihe adakora umuziki ubu yagarutse muri muzika ashyira hanze indirimbo nshya yise ‘Twakaniye’, ikaba ari indirimbo ya kabiri Big Dom ashyize hanze muri muri uyu mwaka wa 2017.



UMVA HANO INDIRIMBO NSHYA YA BIG DOM YISE ‘TWAKANIYE’

Uyu muhanzi ashyize hanze iyi ndirimbo yise “Twakaniye” nyuma y’indi yakoze yifatanya n’abanyarwanda muri iki gihe cyo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Twibukiranye ko uyu muhanzi yari yarabuze mu ruhando rwa muzika nyuma yuko yari yaragiye mu Bufaransa ari naho agiherereye kugeza magingo aya.

UMVA HANO INDIRIMBO NSHYA YA BIG DOM YISE ‘TWAKANIYE’






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND