RFL
Kigali

Asinah Erra yahamije ko ari mu rukundo n'umuzungu wo muri Albania-AMAFOTO

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:10/08/2018 10:52
13


Asinah Erra ni umuhanzikazi w'umunyarwanda wamamaye cyane ubwo yari mu rukundo na Riderman bakaza batandukana, uyu muraperi w'icyamamare mu Rwanda agakundana n'undi mukobwa banarushinganye. Kuri ubu Asinah Erra yamaze kwinjira mu rukundo n'undi musore wo mu gihugu cya Albania.



Aganira na Inyarwanda.com uyu muhanzikazi Asinah Erra yabwiye umunyamakuru ko atifuza gutangaza amazina y'uyu mukunzi we cyane ko we atari mu muziki cyangwa mu buzima bw'ubwamamare. Asinah Erra yatangarije umunyamakuru ko amaze amezi atanu akundana n'uyu musore bakundanye bahujwe n'inshuti yabo bombi bikarangira bakundanye bya nyabyo.

Asinah

Asinah Erra ngo yasubijwe nyuma y'igihe amaze ari mu gahinda

Umunyamakuru yifuje kumenya niba uyu musore wo muri Albania uri kubarizwa mu Rwanda yaba yaraje gusura Asinah Erra cyangwa hari ikindi cyamuzanye, asubiza ko uyu muzungu ari mu Rwanda muri gahunda z'akazi k'igihe kirekire. Yunzemo ko ari kuba mu Rwanda akazajya asubira iwabo gake agiye mu biruhuko. Ubwo twaganiraga n'uyu muhanzikazi wari kumwe n'umukunzi we yadutangarije ko nyuma y'amezi atanu bamaranye asanga urukundo rwabo rufite intego kandi yizeye ko bazagera kuri byinshi.

AsinahAsinah Erra n'umukunzi we muri iyi minsi bamerewe neza mu rukundo

Mu mwaka wa 2015 ni bwo Riderman wahoze akundana na Asinah yakoze ubukwe mu buryo bwatunguye benshi, aha Asinah akaba yaraguye mu kantu ababazwa bikomeye n'uko umusore bari bakundanye imyaka umunani batandukanye bitunguranye. Kuri ubu uyu muhanzikazi yubuye iby'urukundo nyuma y'imyaka itatu asa n'uri mu gahinda dore ko yari atandukanye n'uwo bakundanye igihe kinini.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Lolo keza5 years ago
    Birashimishije
  • Gaetan5 years ago
    Umukobwa w icyohe. Nyuma y amezi atantu waba umaze kumenya niba urukundo ruzakomera. Ubwose imico yawe yose arayizi cg muri kumvana bimwe by abana b iki gihe. Urambabaje gusa. Ariko ntanimpamvu yo kubabara kuko na maman wawe arahoze.
  • 5 years ago
    iyo ni trauma gusa ?
  • 5 years ago
    nabe akarongora dore kokamenyeye imboro
  • 5 years ago
    nimwiza gusa........
  • Milly5 years ago
    Wawuuu ntampamvu yo gusubira munkundo ningegera zabanyarwanda .
  • 5 years ago
    Wowe wiyise willy urumva utari igicucu koko,wiyita ingegera?wowe se nturi umunyarwanda?kuba umunyarwanda ni umugisha di,ahubwo uyu mukobwa arayobye ajya mubo badahuje uruhu,njye abantu bajya mu banyamahanga baransetsa cyane,ni gute Imana yagukuye mu rubavu rw uwo musa warangiza ukajya mubo mudasa?ukagira igihombo cyo kutibyara,ubuse shahu ntushaka kubyara abo musa?uzi kubyara abo mudasa ariko?yewe uba uhombye pe kuzaba munzu ari wowe wisa wenyine,ikindi kandi ni uko uyu mukobwa atitwara neza naho ubundi rwose iyo yitwara neza yakabonye umuhungu mwiza w umunyarwanda nawe witwara neza,burya uge uzirikana ko imyitwarire yawe ariyo myitwarire y uwo waturutsemo bityo niba ari myiza uyikomeze kandi niba ari mibi uhinduke kuko na wawundi Imana yakugeneye aba ari guhinduka.abantu nibabitekereza gutyo baziyitaho bahinduke bazima aho gutekereza ko Imana izaguha umwiza kandi wowe uri mubi kandi rwose ntibishoboka,ugomba nawe kubanza ukaba mwiza maze Imana ikabona kuguha umwiza nayo.
  • Kelly5 years ago
    Ariko nimugakabye.. Nonese Asinah natarongorwa numuzungu azakurahe umunyarwanda? Dore arakuze bihagije kandi bigaragarako kuva yashwana na Riderman yabaye nkutaye umutwe cyane ko kuva nambere yari igitegwajoro noneho byahise biba nkumuco kurara amajoro nako asigaye arusha ubusugi shadyboo. ntago uwomuzungu yamukunze ahubwo yashatse kujya kureba icyasigaye mugaseke ka Asinah asanga uburyo bwokugerayo urukumubeshya urukundo doreko umukecuru iyo umubwiyeko umukunda uba umuhaye uburyo bwiza bwokuguha amajoro ye yose uko ubyifuza.. Hhhhh uko nukwihomeka kumuzungu ngaho ngo yaragukunze! Wakaye umukobwa wumuco nigute ngo inshuti yaguhuje nuwu mukunda? I'm sorry for you
  • Manzi5 years ago
    Mwakwiririye ! Mwaririye bashiki banyu na barumuna banyu . Asina muramushakaho iki ?!!?!!!! Mwavumvuye make buriwese ajyamenyibye .
  • bestron5 years ago
    Gute mwifata mukiha umuntu gutyo nihehe byanditse ko umuntu ashakana nuwo bahuje ibara ahubwo ko mufite ubuyobe niba umuntu akunze undi biba ikibazo ikindi kdi ibyo byogusakuza ngo mumezi atanu ntiwaba umenye icyo urukundo ruhetse mubikurahe kariyo mpamvu mutinda mwiyitirira ngo murikwiganaho bikarangira abafite amafaranga babitwariye kubera ubukene bwanyu mudashaka kwemera kuvuga ngo ntabantu baba murukundo bahujwe ninshuti none c abantu harinzira ihamye ihuza abantu buri wese na destiny yiwe kuko nabo muhuriye mumuhanda utazi aho ataha barabana kdi bigakomera muzangeza hehe kugaragaza ubukene mumitwe yanyu murashaka kumunsindangira abanyarwanda bababwiye ko abanyarwanda aribo bagabo bonyine ngaho uwishakiye umugore cg umugabo wese muvuza induru nubugambo budashira kuki muhora mureba ibibi gusa nkaho ntakiza kibaho maze igituma mutangira amahoro muri africa nuko muhorana amashyari nurwangano mumitima yanyu cyokoze muteye isoni mwigaye icyo nasabira asinah Imana ihezangire ibyifuzo byanyu izabahe gukomera murukundo rwanyu kdi muzakundane bizira uburyarya
  • Kalisa5 years ago
    Ishyari rizabamara too . Courage asina courage rwose wenye wivu wajinyonge . Courage mukobwa mwiza . Hanyuma abagushinza ubusambanyi ubwo namasugi???? cg bashiki babo namasugi ??? Irebere ikigufitiye umunezero maze vubuzera zikomeze zibwejagure
  • Haha5 years ago
    Asinah courage nge mbona ibyo ukora ubizi kdi uranakuze mu kwihitiramo uba watekereje ikintu uranitunze kdi ntanuwo usaba kgr ubeho Burya hahirwa ugerageza akaronka aho wayakura hose Amahirwe masa mu rukundo rwawe kdi ruzarambe kdi neza
  • clara uwineza5 years ago
    Assinah mukobwa mwiza, hari ibyiringiro ko igiti cyatemwe cyongera kigashibuka chr, courage natanaba n'uwo hazaza undi w'umugisha. Ntiwumve abagutesha umutwe, bareke isi ntisakaye mwiza wa Nyagasani. Ngusabiye guhozwa guturuka k'UWITEKA, kdi ntihagire uwo urakarira, burya destin y'umuntu ntihindurwa ariko Yesu Azagutabara mukobwa dukunda. Imana iti nubwo nakubabaje igihe kinini, nzakugarukaho ngufitiye impuhwe, humura nawe Imana nsenga ntizakwigirizaho nkana. Impole rukundo kdi humura ureke abavuga na Yesu ntibamutinye ari umwana w'Imana





Inyarwanda BACKGROUND