Mu bintu biranga umugore nyawe harimo no kwiyitaho akamenya gusa neza ndetse no guhora amenya ibigezweho ngo hato atazasigara inyuma kandi ari we ugomba kubera abandi urugero.
Muri uko kwiyitaho rero harimo kwiyitaho ku mu biri no kumutima ariko cyane cyane ibyo tuvuga aha ni ibijyajnye no kwiyitaho inyuma ni ukuvuga mu buryo agaragara, uko asa, ibyo yambaye n’ibindi nk’ibyo.
Umugore wambaye neza, agaragara neza agashimisha abamukunda ndetse n’abandi bose bamubona. Aha rero hari ingero z’amasakoshi meza umugore ashobora gutwara, yaba yambaye na neza ugasanga araberewe koko.
Dore amwe mu mafoto y’amasakoshi wafatiraho urugero abagore b’ibyamamare baguze yo gutwara muri iki gihe cy’ibituhuko(summer)
Reese
TANGA IGITECYEREZO