RFL
Kigali

Amasakoshi agezweho warebera ku byamamare muri iki gihe-AMAFOTO

Yanditswe na: Denise Iranzi
Taliki:29/07/2014 9:51
3


Mu bintu biranga umugore nyawe harimo no kwiyitaho akamenya gusa neza ndetse no guhora amenya ibigezweho ngo hato atazasigara inyuma kandi ari we ugomba kubera abandi urugero.



Muri uko kwiyitaho rero harimo kwiyitaho ku mu biri no kumutima ariko cyane cyane ibyo tuvuga aha ni ibijyajnye no kwiyitaho inyuma ni ukuvuga mu buryo agaragara, uko asa, ibyo yambaye n’ibindi nk’ibyo.

Umugore wambaye neza, agaragara neza agashimisha abamukunda ndetse n’abandi bose bamubona. Aha rero hari ingero z’amasakoshi meza umugore ashobora gutwara, yaba yambaye na neza ugasanga araberewe koko.

Dore amwe mu mafoto y’amasakoshi wafatiraho urugero abagore b’ibyamamare baguze yo gutwara muri iki gihe cy’ibituhuko(summer)

rosie-huntington

 

reese

 

reese

 

reese

Reese

claire

 

Alexandra

 

Alba

 

Alba

 

swift

 

swift

 

swift

 

Karlie

 

Miranda

 

Mitchel

 

Hills

 

Eva

 

heidi

 

Jessica

 

Minnie

 

 

 






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Nyce9 years ago
    Ese ko ndeba bose ari aburuhu rwera nta munyafurika wicyamamare ugira isakoshi nziza?tuzisuzugura tugeze ryari koko?iyinkuru ntago ishimishije ahubwo irababaje!!
  • 9 years ago
    Bakwiye kwisubira pe!!!
  • 9 years ago
    Abanyafrika ninabo bazi kwambara nibigezweho usanga baruta abobera mukuberwa





Inyarwanda BACKGROUND