RFL
Kigali

Amafoto y’umukobwa ugiye kurushingana n’umunyamakuru Bonny Buranga

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:24/07/2017 14:02
0


Bonny Buranga ni umunyamakuru wigeze no kubaho umuhanzi,kuri ubu akaba ari umunyamakuru wa KT Radio. Muri iyi minsi uyu munyamakuru agiye gukora ubukwe aho yiteguye kuva mu busore akinjira mu cyiciro cy’abagabo.



Bonny Buranga ubusanzwe witwa Buranga Boniface ni umunyamakuru wa KT Radio uzwi mu biganiro binyuranye birimo; Kt Breeze, ikiganiro cy'imyidagaduro Kt Idols n'ibindi uyu munyamakuru akora. Bonny Buranga ubu ari mu myiteguro ya nyuma y’ubukwe bwe na Umuhire Ornella.

bonnyImpapuro z'ubutumire zamaze kugera hanze

Ubu bukwe butegnyijwe muri Kanama 2017, buzatangira tariki 20 Kanama 2017 ahazaba imihango yo gusaba no gukwa i Nyamata mu gihe tariki 26 Kanama 2017 uyu musore bzaba basezerana imbere y’Imana mu rusengero rwa Jesus Christ is Coming i Remera nyuma y’uyu muhango abatumiwe bazakirirwa muri kigo cya SOS ku Kacyiru.

REBA AMAFOTO YABA BOMBI:

bonnybonnybonnyBonny Buranga na Umuhire bagiye kurushinga






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND