RFL
Kigali

PGGSS8:Ihere ijisho uko buri muhanzi yaririmbye mu gitaramo cyabereye i Musanze-VIDEO

Yanditswe na: Editor
Taliki:3/06/2018 10:32
0


Irushanwa rihuza abahanzi nyarwanda bakomeye n’abafana babo rya Primus Guma Guma Super Star kuri ubu riri kuba ku nshuro yaryo ya munani (PGGSS8). Tariki 2 Kamena 2018 ni bwo habaye igitaramo cya kabiri cyabereye i Musanze nyuma y'icya mbere cyabereye i Gicumbi tariki 26/5/2018.



Abahanzi 10 bari guhatana mu irushanwa rya PGGSS8 ni: Mico The Best, Uncle Austin, Jay C, Khalfan, Christopher, Young Grace, Queen Cha, Bruce Melody, Just Family ndetse n’itsinda rya Active. Umuhanzi uzegukana iki gikombe cya PGGSS8 azaba ari uwatowe n’abagize akanama nkemurampaka uyu akazahembwa miliyoni makumyabiri z'amanyarwanda (20,000,000 Frw) mu gihe uzatorwa n'abafana ku bwinshi we azahembwa amafaranga y’u Rwanda Miliyoni cumi n’eshanu (15,000,000Frw).

DORE UKO BURI MUHANZI YITWAYE MU GITARAMO CY'I MUSANZE

ACTIVE

YOUNG GRACE

KHALFAN

QUEEN CHA

UNCLE AUSTIN

BRUCE MELODY

JAY C

MICO THE BEST

JUST FAMILY

CHRISTOPHER






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND