RFL
Kigali

MU MAFOTO 50: Ibyo utabonye ku mukino Rayon Sports yatsinzemo LLB , Abafana ba Rayon basize inkuru mu Burundi

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:22/02/2018 9:04
3


Ikipe ya Rayon Sports yakomeje mu ijonjora rya kabiri ry’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ku mugabane wa Afurika (Total CAF Champions League) nyuma yo gutsinda LLB igiteranyo cy’ibitego 2-1 mu mukino ibiri. Aha ikaba yari imaze gitsinda LLB 1-0 mu mukino wabereye i Bujumbura, aha abafana bo mu Rwanda bakaba bahasize umugani.



Iki giteranyo cyaje nyuma yaho iyi kipe yatsinze umukino wo kwishyura wakinwe kuri uyu wa Gatatu tariki 21 Gashyantare 2018 i Bujumbura. Rayon Sports yatsinze LLB igitego 1-0 cyatsinzwe na Shaban Hussein Tchabalala ku munota wa 33’.

Muri uyu mukino ikipe ya Rayon Sporst yatangiye ubona ko abakinnyi bafite ishyaka ryinshi n’ubwitange. Ibi byaje gutanga igitego cyavuye ku kazi gakomeye kakozwe na Nahimana Shassir.

Nyuma yo kuba Karekezi Olivier umutoza wa Rayon Sports yari yamaze kubona igitego, yakomeje guhiga ikindi, byatumye akuramo Manishimwe Djabel ashyiramo Ismaila Diarra usanzwe ari rutahizamu. Aha byatumye Shaban Hussein akina imbere ibumoso bityo Diarra ajya mu mwanya wa rutahizamu nyirizina.

Eric Rutanga Alba Akram yahawe ikarita y’umuhondo cyo kimwe na Muhire Kevin wanaje gusimburwa na Mukunzi Yannick mu gice cya kabiri. Mu mikino y’ijonjora rya kabiri, Rayon Sports izisobanura na Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo ifite iki gikombe yatwaye mu 2017.

LLBLLB yishyushya mbere y'umukinorayon sportRayon Sports yishyushya mbere y'umukinorayon sportAbazamu ba Rayon Sports mbere y'umukinorayon sportAbasifuzi bishyushya mbere y'umukinorayon sportAbasimbura ba LLBrayon sportRayon Sport ababanje ku ntebe y'abasimburarayon sportAbatoza ba Rayon Sportsrayon sport11 babanjemo ku ruhande rwa Rayon SportsLLB11 babanjemo ku ruhande rwa LLBrayon sportrayon sport

Kwizera Pierrot niwe wari Captaine muri Rayon Sports

rayon sportrayon sport

Amakipe yombi mbere y'umukino

rayon sportrayon sportrayon sportAbafana ba Rayon binjira ku kibugarayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportNyuma y'igitego abakinnyi bari Rayon Sports bari mu bicurayon sportAbayobozi ba Rayon Sportsrayon sportrayon sportrayon sportAbafana b'Uburundi bashungereye aba Rayon Sportsrayon sportAbarundi gufana si ibyabo nubwo bakunda umupirarayon sportAbanyamakuru hakurya bari benshirayon sportrayon sportrayon sportrayon sportAbashinzwe umutekano ni uku barebye umukinorayon sportNkurunziza J Paul wa Isango Star yategetswe kogeza umupira ari aho acungiwe umutekano neza yitaruye abandi banyamakururayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportrayon sportByari ibyishimo ku mpande zombi

AMAFOTO: NSENGIYUMVA EMMY






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Hhhhhhhh6 years ago
    Mwanbwira abandusha iyi ni stade yigihugu cg niyikipe ko mbona imeze nka mumena Kiyovu yitorezaho ra
  • Coco6 years ago
    RUTANGA we ubwo kweri kwisiga mukorogo ubona byarakumariyiki . Uuuuu uzayireke numuhanzi THEBEN yarayiretse .
  • aline6 years ago
    ALIKO MUGIRIBIKABYO YE, UBUSE KOMUTATUBUIYE IYO NKURUMBI ABAFANA BASIZEYO?????? JYENDABONA NTAKIBI BAKOZE BITWAYENEZA PE NTAKIDASANZWE





Inyarwanda BACKGROUND