RFL
Kigali

Ama G The Black na Neg G The General bahuriye mu ndirimbo nshya bise ‘Nshingukaho’-YUMVE

Yanditswe na: Emmy Nsengiyumva
Taliki:14/05/2018 11:06
0


Ama G The Black na Neg G The General bamwe mu bahanzi bazwiho kuba abanyarwenya hano mu Rwanda, kuri ubu noneho bahuriye mu ndirimbo yabo nshya bise ‘Nshingukaho’, akaba ari indirimbo ya mbere aba baraperi babiri bahuriyemo n'ubwo bose ari abahanzi bamaze igihe muri muzika.



Iyi ndirimbo nshya ya Neg G The General na Ama G The Black igaruka ku nkuru y’umukobwa wanze umuhungu kubera ubukene nyuma umusore yabona amafaranga umukobwa akagaruka gushaka wa muhungu yabenze ibintu bitashimishije umuhungu bigatuma yiyama umukobwa ati “Nshingukaho’. Iyi ndirimbo aba bahanzi bayikoreye muri studio ya Capital Record ikorwa n’umusore witwa Crack Beat.

UMVA HANO INDIRIMBO ‘NSHINGUKAHO’ YA NEG G THE GENERAL NA AMA G THE BLACK






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo




Inyarwanda BACKGROUND