RFL
Kigali

Afrika y’Epfo: Thierry yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya, aboneraho gusaba gushyigikirwa

Yanditswe na: Seleman Nizeyimana
Taliki:30/04/2017 16:05
4


Nyuma yo gutangira urugendo rwe rwa muzika mu 2016 ubwo yashyiraga ahagaragara indirimbo ye ya mbere y’amashusho yise ‘Byarakomeye’, kuri ubu Thierry, umwe mu bahanzi ba banyarwanda baherereye muri Afrika y’epfo yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Ni wowe’ yaje iherekejwe n’amashusho yayo.



Uyu musore avuga ko nyuma y’iyi ndirimbo ngo mu kwezi gutaha azasohora izindi ndirimbo ebyiri zizagaragara kuri Album arimo gutegura izaba yitwa ‘URWIBUTSO’.

Intego mfite ni ukwerekana isura y'u Rwanda mu muziki aho igeze naho yifuza kuzagera...Gutinyuka gukorana n'abanyamahanga. Uru rugamba rero ntabwo narurwana njyenyine ahubwo nasaba abanyarwanda kudushigikira uko bashoboye. Thierry

Kanda hano urebe amashusho ya 'Ni wowe' 


Tubibutse ko amaajwi n’amashusho y’iyi ndirimbo ‘Ni wowe’ byakozwe na Bizz JC ari nawe uri gufasha uyu muhanzi kugaragaza impano ye.






TANGA IGITECYEREZO

Izina ryawe
Email yawe
Andika igitecyerezo

IBITECYEREZO

  • Umubyeyi6 years ago
    Tumwifurije gukura mu bwenge gusa. Imana ihe umugisha iyi mpano ye!!!!
  • EJO HEZA6 years ago
    Album izaba irenze. God help that guy
  • Mirimo6 years ago
    Ndabashimiye. Niwowe nayibonye kuri BTN TV ikimbabaje ni uko ntayibona kuyandi ma TV. Iruzuye mu njyana n'ingoma. Ndayibatuye mwese.
  • ravy janvier6 years ago
    man pe uyu mutipe ntago azi kuririmba kbsa nashakire mubidi areke guta umwanya





Inyarwanda BACKGROUND